Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Santarafurika yirukanye abanyamahanga barindwi

Wednesday 31 August 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Guverinoma ya Santarafurika yirukanye abanyamahanga barindwi barimo Umugiriki umwe n’aba Vietnam batandatu, ibashinja ubutasi no gukoresha impapuro mpimbano.

Abo bantu bose barashinjwa icyaho cyo gukoresha inyandiko mpimbano, nk’uko bigaragazwa n’iteka rya minisitiri ryo ku wa 18 Kanama 2022, nyuma yuko guverinoma ibonye abo bantu bakemangwa.

Michel Nicaise Nassin, Minisitiri w’umutekano, yabujije aba kongera gukandagira ku butaka bwa Centrafrica ukundi. Inzego zishinzwe umutekano no kubahiriza amategeko zisabwa kubahiriza ayo mabwiriza.

Gusa hari hashize imyaka iki gihugu kitirukana abanyamahanga ku butaka bwacyo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru