Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

U Burundi bwahakanye ko nta bagizi ba nabi bacumbikiye baherutse gutera u Rwanda

Tuesday 25 May 2021
    Yasomwe na

Ibiro bikuru by’Igisirikare cy’Uburundi cbasohoye itangazo risubiza iryasohowe n’igisirikare cy’u Rwanda RDF ko kuri uyu wa mbere inyeshyamba za FLN zateye u Rwanda ziturutse mu Gihugu cy’Uburundi.

Mu itangazo ibiro bikuru by’Igisirikare cy’Uburundi kivugirwa na Colonel Biyereke Floribert, ryasohotse kuri uyu wa kabiri, riravuga ko nabo bumvise iby’ayo makuru yaciye ku mbuga nkoranyambaga ko haba hari inkozi z’ibibi zaguye mu mutego w’igisirikare cy’u Rwanda mu masaha yo mu ijoro ryo ku wa 23 Gicurasi 2021 zinjira mu Rwanda.

Igisirikare cy’u Burundi cyavuze ko ku butaka bwabo nta mutwe w’izo nkozi z’ibibi uhari zifite umugambi w’ikibi ku Rwanda.

Icyagaragaye nk’uko amafoto y’ibikoresho bya gisirikare abo barwanyi b’umutwe wa FLN bari bafite ubwo bageragezaga kwnjira mu Rwanda ni uko bari bafite n’ibikoresho byaguzwe n’u Burundi kandi babiri barashwe na RDF bari bambaye imyenda y’igisirikare cy’u Burundi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru