Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

U Rwanda ruryamiye amajanja nyuma yuko y’Uganda hagaragaye irwara ya EBOLA

Wednesday 12 June 2019
    Yasomwe na

Ministeri y’ubuzima yongeye gusaba abaturarwanda n’abarusura ko hagize ugaragaza ibimenyetso bya Ebola akwiye kwihutira kugana ikigo nderabuzima kimuri hafi.
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Diane Gashumba, kuri uyu wa gatatu rirasaba abaturarwanda n’abarusura ko uwagaragaza kimwe mu bimenyetso byayo yakwihutira kugera ku kigo nderabuzima, ivuriro cyangwa ibitaro bimwegereye kugira ngo ahabwe ubufasha bwihuse.

U Rwanda nk’igihugu cyegeranye na Uganda na Repeburika iharanira Demokarasi ya Congo, ruheruka gutangiza gutanga urukingo rwa Ebola ku bajyanama b’ubuzima n’abandi bakozi bakira abarwayi mu duce twegereye dushobora gukwirakwiramo icyorezo cya Ebola kurusha utundi

Kirinda biruta kwivuza ni z imwe mumvugo zikoresha hagamijwe ko abantu birinda irwara .

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru