Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

HUYE: Abaturage ubutaka bwanyujijweho imihanda y'imigenderano bagasigara iheruheru.

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye, Umurenge wa Tumba, mu tugari twa Cyimana na Cyarwa, baravuga ko bamaze imyaka igera kuri ibiri baratakamba nyuma y’uko imihanda y’imigenderano yanyujijwe mu butaka bwabo, bikabasiga iheruheru batabonye ingurane.
Iyi mihanda yubatswe mu rwego rwo gutunganya site zo guturamo, ariko abaturage bavuga ko hari abambuwe ubutaka bari barambirijeho, by’umwihariko urubyiruko rwari rwarabubonye rugamije kuzaryubakiraho ubuzima. Umwe muri bo wo mu kagari ka (…)

Kuki umuturage ategekwa kwishyura inganda zishaka ibikoresho by'ibanze?
Kuki umuturage ategekwa kwishyura inganda zishaka ibikoresho by’ibanze?

Ubusanzwe inganda zigomba kwishakira ibikoresho by’ibanze zikoramo ibikoresho byazo bya nyuma zishyira ku isoko bigakundwa, bikagurwa n’abaturage. Mu Rwanda siko bimeze iyo bigeze ku nganda zitunganya umwanda w’ibituruka mu ngo z’abaturage zijya kubibyazamo umusaruro, (recycling).
Umuturage wese utuye cyangwa ukora ubuvuruzi ku butaka bw’u Rwanda asabwa kwishyura igiciro cy’amafaranga runaka, akenshi atari na make, yo guha kompanyi zitwara imyanda ziyijyana ahateganyijwe n’akarere cyangwa (…)

424 Shares 4 Comments
Abakora isuku y'Umujyi wa Musanze bamaze amezi atatu badahembwa
Abakora isuku y’Umujyi wa Musanze bamaze amezi atatu badahembwa

Abaturage bakora isuku mu mihanda yo mu mujyi wa Musanze baravuga ko bamaze amezi atatu badahembwa, mu gihe abakoresha babo bavuze ko habaye ikibazo cy’ikorababuhanga.
Aba baturage biganjemo abagore babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yabasanganga mu mujyi wa Musanze barimo kwijujuta, basaba guhembwa amafaranga yabo.
Mu mvugo zuje amaganya bagiraga bati, "Uyu munsi nibataduhemba ejo sinzagaruka mu kazi, ubu se wamara amezi kumwe, abiri, ntafaranga ukumva unezerewe? Cyakoze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Impungenge ku kiraro kiri guhitana abantu abandi bagakomereka
Rubavu: Impungenge ku kiraro kiri guhitana abantu abandi bagakomereka

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Busoro, mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, bafite impungenge zikomeye nyuma yaho ikiraro bakoreshaga gisenyutse ntigisanzwe none cyatangiye guhitana ubuzima bw’abaturage abandi bakahakomerekera.
Hashize iminsi mike iki kiraro gisenyutse ariko ntabwo kirasanwa, mu gihe nyamara hari abagikoresha inzira yacyo, bagenda bakikira iruhande rwaho cyasenyukiye, barimo n’abana b’abanyeshuri baba bagiye ku ishuri, ibi bikarushaho gutera impungenge.
Umwe (…)

424 Shares 4 Comments
Umuntu n'ibidukikije bihanganye n'ingaruka z'imyuka ihumanya ikirere
Umuntu n’ibidukikije bihanganye n’ingaruka z’imyuka ihumanya ikirere

Impuguke mu bumenyi bw’ikirere n’ubuzima bwa muntu baratanga impuruza ko niba nta gikozwe mu kugabanya ibyuka bisohorwa n’ibinyabiziga n’imashini bifite za moteri, abantu bazakomeza guhura n’ingaruka zo kurwara indwara z’ubuhumekero mu buryo budasanzwe no kugira imihindagurikire y’ibihe idasanzwe.
Impuguke zibivuga zihereye ku bigaragara muri ibi bihe, aho indwara z’ubuhumekero ziyongereye mu bantu cyane muri Afurika n’u Rwanda rutavuyemo. Ngo impamvu zibitera ziracyari nyinshi, zirimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Pariki ya Nyungwe yanditswe mu murage w'Isi
Pariki ya Nyungwe yanditswe mu murage w’Isi

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Nyuma y’igihe kitari gito u Rwanda rusabye ko imwe mu mitungo yarwo irimo na Pariki ya Nyungwe ishyirwa mu murage w’Isi, Ishami rya UNESCO, kuri uyu wa Kabiri inzozi zabaye impamo.
Pariki y’Igihugu ya Nyungwe iherereye mu Majyepfo no mu Burengerazuba bw’u Rwanda, yabaye site ya mbere yo mu Rwanda yashyizwe na UNESCO mu Murage w’Isi.
Ni ubusabe u Rwanda rwakoze burimo iyi pariki hamwe n’inzibutso 4 za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho nazo ziza (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze-Garuka: Ubuvumo buri mu byiza bikurura ba mukerarugendo buri guhindurwa ikimoteri
Musanze-Garuka: Ubuvumo buri mu byiza bikurura ba mukerarugendo buri guhindurwa ikimoteri

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, mu murenge wa Musanze, mu kagari ka Garuka hari ubuvumo bwahindutse ikimoteri gishyirwamo imyanda nyamara busanzwe bukorerwamo ubukerarugendo bwinjiriza igihugu amadovize.
Muri aka karere ni hamwe mu hakunze gusurwa na ba mukerarugendo benshi baba baje gusura ibyiza nyaburanga birimo Ingagi, ubuvumo ndetse n’ibindi bitandukanye gusa iyo ugeze hamwe na hamwe usanga ibi byiza bititabwaho nkuko bikwiye ku buryo usanga bamwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Dutemberane Pariki y'Ibirunga wumve ibyo ingagi zihuza na muntu
Dutemberane Pariki y’Ibirunga wumve ibyo ingagi zihuza na muntu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ihereye mu karere ka Musanze, mu Ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda, ifite ibirunga 5 aribyo Kalisimbi, Bisoke, Sabyinyo, Gahinga na Muhabura ndetse bifashe no ku bihugu bihanye imbibi n’u Rwanda aribyo Congo DRC na Uganda.
Iyi Pariki ibarizwamo urusobe rw’ibinyabuzima, igaburira benshi binyuze mu mafaranga yinjizwa buri munsi kubera ba mukerarugendo baba baje gusura Ingagi z’imisozi zisigaye hake mu Isi.
Ayo madevise agenda (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Basabwe kubohoka bakagaragaza imibiri y'Abatutsi itarashyingurwa mu cyubahiro
Musanze: Basabwe kubohoka bakagaragaza imibiri y’Abatutsi itarashyingurwa mu cyubahiro

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo hasozwaga icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku Nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abaturage bo mu karere ka Musanze by’umwihariko abo mu murenge wa Busogo basabwe gutanga amakuru y’ahakiri mibiri itarashyingurwa mu cyubahiro.
Babisabwe ubwo abatanze ibiganiro n’ubuhamya bagarukaga ku nzira y’umusaraba Abatutsi banyuzemo bicwa ariko ngo kugeza ubu hakaba hakiri imibiri y’Abatutsi itaragaragazwa kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Busasamana: Igihombo cya million zisaga 54 buri mwaka kubera Ibiza
Busasamana: Igihombo cya million zisaga 54 buri mwaka kubera Ibiza

Yanditswe na Habimana Bonaventure
Abaturage bo mu tugari twa Nyacyonga, Rusura na Gacurabwenge mu murenge wa Busasamana bahomba 54,208,038 Frw kubera ibiza biterwa n’imyuzure.
Ni imibare ya Minisiteri y’ubutabazi MINEMA, igakomeza igaragaza ko iyo myuzure iterwa n’amazi aturuka ku kiyaga cya Kalimbi gituranye n’utwo tugari ndetse n’umuyaga uturuka mu kibaya kiri ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Uwitwa Ukwishaka Rosalie utuye mu kagari ka Nyacyonga, mu (…)

424 Shares 4 Comments
Australia: Igeragezwa rya Siyansi ryateje impanuka ku banyeshuri 11
Australia: Igeragezwa rya Siyansi ryateje impanuka ku banyeshuri 11

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abanyeshuli 11 muri Australia bakomeretse ubwo bari mu igerageza rya siyansi.
Ni impanuka yabareye ku ishuri ryitwa ‘Manly West Public School’ kuri uyu wa mbere mu ma saa saba z’amanywa.
Babiri muri bo bakomeretse bikabije bahita bajyanwa kwa muganga, naho abandi icyenda byavugwaga ko bahiye byoroheje.
Igerageza rya siyansi abo banyeshuri bakoraga, ryarimo ibinyabutabire bya ‘sodium bicarbonate’ na ‘methylated spirits’ nyuma ngo biza kugenda nabi kubera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru