Ni abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Rwangingo giherereye mu murenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare twasanze bageze mu gihe cy’isarura maze bavuga ko nubwo bejeje ariko ari hamana kubera gutegereza amazi y’imvura kubera ko iki gishanga kitatunganyijwe.
Uwitwa Sekamana Manase ni umuhinzi uhinga muri iki gishanga yagize ati ’’ Dufite ikibazo cy’iki gishanga kuko ntamazi kigira bitewe n’uko kidatunganyijwe, turagenda tugahinga twamara guhinga umuceri wagera aho ukeneye amazi (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abanyeshuli 11 muri Australia bakomeretse ubwo bari mu igerageza rya siyansi.
Ni impanuka yabareye ku ishuri ryitwa ‘Manly West Public School’ kuri uyu wa mbere mu ma saa saba z’amanywa.
Babiri muri bo bakomeretse bikabije bahita bajyanwa kwa muganga, naho abandi icyenda byavugwaga ko bahiye byoroheje.
Igerageza rya siyansi abo banyeshuri bakoraga, ryarimo ibinyabutabire bya ‘sodium bicarbonate’ na ‘methylated spirits’ nyuma ngo biza kugenda nabi kubera (…)
Rosette Chantal Rugamba, yabaye umwe mu bagore babiri binjiye ku kanama k’Ubutegetsi k’Ikigega Mpuzamahanga cyo Kurengera Ibidukikije, World Wildlife Fund for Nuture (WWF), hamwe n’Umunya-Kenyakazi Dr. Paula Kahumbu.
Uyu munyarwandakazi w’imyaka 24, asanzwe afite ikigo Songa Afroca gitwara ba mukerarugendo aho bashaka gutembera, anayobora kandi Hotel izwi nka Amakoro Songa Lodge yo mu karere ka Musanze.
Itangazo ry’uyu muryango WWF, ryasohotse kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Mutarama (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Pariki y’Igihugu y’Akagera yatangaje ko kuva Intare zongerwa muri iyi Pariki mu 2015, umubare wazo umaze kwikuba gatatu ndetse n’abasura iyi pariki bakomeje kwiyongera, ari nako umusaruro wayo mu bijyanye n’amafaranga na wo urushaho kuzamuka.
Imibare mishya y’ikigo African Parks gicunga iyi pariki, igaragaza ko mu mwaka ushize yasuwe n’abantu basaga 44,000, aho abasaga kimwe cya kabiri muri bo ari Abanyarwanda. Ibyo byanatumye yinjiza amafaranga agera kuri (…)
Kohereza icyogajuru cya kabiri cy’Ubuhinde ku kwezi byahagaze ubwo hari hasigaye igihe kitageze ku isaha ngo kizamuke, kubera ikibazo cya tekinike.
Ibiro bishinzwe iby’isanzure by’Ubuhinde byavuze ko "habura iminota 56 ngo iki cyogajuru kigende habonetse ikibazo tekiniki mu buryo bwo guturitsa butuma gihaguruka".
Iki cyogajuru cyagombaga guhaguruka hafi saa cyenda z’urukerera mu burasirazuba bw’Ubuhinde (saa sita z’ijoro mu Rwanda). Kugihagurutsa byahise bishyirwa ikindi gihe.
Cyari (…)
Indege ya sosiyete intwara abagenzi ‘Brussels Arilines’ byayisabye guhita isubira ku kibuga kuri uyu wa 4 Kanama 2018 ubwo inyoni yari imaze kuyigonga nyuma y’ igihe gito ihagurutse ku kibuga cy’ indege cya Buruxelles.
Umuvugizi w’ iyi sosiyete yatangaje ko iyi ndege nyuma yo kugongwa n’ iyi nyoni yangiritse muri moteri.
Iyi ndege yabanje kuzenguruka mu kirere mbere y’ uko igwa kuko bitari biyoroheye guhita yongera kugwa ku kibuga.
Umuvugizi wa Brussels Airlines yavuze ko bibaho kenshi (…)
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda, RDB, binyuze mu kigo gishinzwe guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku nama, Rwanda Convention Bureau, cyinjiye mu bufatanye n’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, bugamije kumenyekanisha u Rwanda nk’icyerekezo gikomeye cy’ubukerarugendo, binyuze mu gushyira ikirango cy’u Rwanda ku maboko y’imyenda yayo.
Iyi kipe iri mu zifite abafana benshi ku Isi ni imwe mu zikunzwe mu Rwanda, ikaba ari nayo ifanwa na Perezida Paul Kagame ndetse muri (…)
Benjamin William Mkapa wayoboye Tanzania ageze mu Kinigi mu Karere ka Musanze mu birori byo kwagura Parike y’Igihugu y’Iburunga.
Muri Gicurasi 2017 Akarere ka Rubavu kashyizeho abantu bagenzura aboga mu Kiyaga cya Kivu hagaragazwa naho batagomba kurenga mu kwirinda ipfu z’abakigwamo.
Benjamin Mkapa wahoze ari Perezida wa Tanzania avuga ko ashimishijwe n’uburyo u Rwanda ruri kuza ku isonga mu kurengera ibidukikije, mu gihe ibindi bihugu bisubira inyuma.
Igikomangoma Sheikh Abdul Aziz Al Nuaimi uturuka muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu ari mu Rwanda aho yaje kureba ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije yashoramo imari.
Dutemberane Pariki y’Ibirunga wumve ibyo ingagi zihuza na muntu
8 September 2023
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























