Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ministiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni yasabye Abarundi gutangira kwiga kugenda n’amaguru kuko ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli gikomeje kuba ingorabahizi.
Minisitiri Bunyoni yabivugiye imbere y’Abashingamategeko mu Nteko y’u Burundi aho yagarutse ku bibazo byugarije Isi birimo ibura ry’ibikomoka kuri Peteroliri.
Yavuze ko nta muntu uzi igihe iki kibazo cyugarije Isi kizakemukira bityo ko Abarundi bakwiye kwiga uburyo bahangana (…)
Icyiciro cya mbere cy’Imfura z’Incuke za Foundation Ndayisaba Fabrice zasoje amasomo azitegurire kwinjira mu cyiciro cy’amashuri abanza.
Ni umuhango uzwi nka Graduation y’abana b’ imfura za mbere z’abana bane iri shuri Ecole Maternelle Foundation Ndayisaba Fabrice risohoye kuva ryashingwa muri 2020.
Ni ibirori byabereye aho iri shuri riherereye mu akarere ka Kicukiro, Umurenge wa Kicukiro, witabirwa n’ababyeyi n’abana barererwa kuri iryo shuri.
Umuyobozi Mukuru w’ishuri, Ndayisaba (…)
Yanditswe na ndayambaje Jean Claude
Ishuri rikuru ry’ubumenyingiro rya Diyoseze Gatolika, INES Ruhengeri ryabonye umuyobozi mushya Padiri A. Dr Jean Bosco Baribeshya, wasimbuye Abbé Dr. Hagenimana Fabien wari umuze igihe kinini ayoboye ariyoboye.
A. Dr Jean Bosco Baribeshya yagizwe Vice Chancellor wa Ines Ruhengeri akaba yari asanzwe ari Umuyobozi wa Seminari ntoya ya Nkumba mu Karere ka Burera muri Diyoseze ya Ruhengeri, akaba yari amazeyo igihe kirekire.
A. Dr Jean Bosco Baribeshya (…)
Umushinwa Wei Dongyi yanditse amateka iwabo ubwo yakoreshaga ijoro rimwe gusa mu kugera ku gisubizo cy’ihurizo ry’imibare ryafashe amezi 4 yose abarimu b’intiti mu mibare.
Ni umusore ukiri muto, w’imyaka 30 y’amavuko akaba n’umwalimu wungirije wa kaminuza ya Peking University i Beijing mu Murwa Mukuru wUbushinwa umugereranyije n’abasaza 6 mu mibare bafite za dogitora n’impamyabumenyi z’ikirenga mu mibare bararaga bataryamye bashaka igisubizo cy’icyo kibazo.
Igitangaje nuko amaze kubereka (…)
Bwa mbere ku Isi abana icyenda b’impanga, ari nabo bonyine, bujuje umwaka umwe, Se wabo yatangaje ko "bafite ubuzima bwiza"
Umusirikare Abdelkader Arby, mu ngabo za Mali ari nawe Se w’aba bana yagize ati: "Bose ubu barakambakamba. Bamwe barimo kwicara bagerageza no kugenda bafashe ku kintu."
BBC yanditse ko aba bana bagikurikiranwa n’ivuriro riri aho bavukiye muri Maroc.
Abdelkader avuga ko nyina w’abo bana ufite imyaka 26 nawe amaze neza.
Yabwiye BBC Afrique ati: "Ntabwo byoroshye (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ubwo biganaga inzira y’Umusaraba Yesu/Yezu Kirisito yanyuzemo mbere yo kubambwa ku Musaraba i Goligota, ibirori byasojwe n’agahinda n’amarira menshi ubwo umwe mu banyeshuri bakigana uwo mukino yahasize ubuzima.
Suel Ambrose, Umunyeshuri wigaga amasomo ya Filozofiya muri Kaminuza y’Abihayimana, Claretian University of Nigeria, yitegura kuzaba Padiri, muri uyu mukino yakinaga ari Petero waciye ugutwi k’umusirikare arengera Yezu.
Nyuma yo gukina, Ambrose (…)
Igihugu cya Turukiya (Turkey mu rurimi rw’icyongereza), cyatangaje ko kigiye guhindura iryo zina, Turkey, kikitwa Türkiye, nyuma yo kwanga guhora yitiranwa n’inkoko zizwi nka Dendon nazo zitwa Turkey muri urwo rurimi.
Mu byumweru bitatu bishize nibwo Perezida wa Turkey, Recep Tayyip Erdoğan, yavuze ko izina Turkey rikomeje guteza urujijo ku barishakisha mu rurimo rw’icyongereza kandi ubusanzwe risobanura ’Umuco,gutera imbere n’indangagaciro z’Abanyaturikiya mu buryo bwiza’.
Muri uku (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’abanyenganda bo ku mugabane w’Afurika bashyiriweho uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kwishyurana hagati yabo batarinze kujya kuvunjisha amafaranga y’imbere mu bihugu byabo ngo bishyure mu mafaranga mpuzamahanga, cyane nk’amadolari, "Pan-African Payments and Settlement System - PAPSS".
Ni uburyo bwafunguriwe Accra muri Ghana ku wa Kane tariki ya 13 Mutarama 2022.
Hashize igihe ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika, (…)
Mu Murwa Mukuru, Pretoria hafi y’ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa hatahuwe umurima w’urumogi rwakuze wahinzwe n’umuturage ahita atabwa muri yombi ngo akurikiranwe.
Ni ibiti by’urumogi bivugwa ko rwahinzwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Aba-Khoisan bamaze igihe bakambitse muri aka gace.
Watahuwe n’abapolisi ku wa Gatatu, tariki 12 Mutarama 2022 nyirawo yiturije nta kibazo. Umuyobozi w’aba baturage wiyise ‘King Khoisan’ yahise atabwa muri yombi.
We na bagenzi be batawe (…)
Mutungirehe Samuel
Perezida ucyuye igihe wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gushinga urubuga nkoranyambaga rushya rwe ruzitwa TRUTH Social.
Ni nyuma yo kumara amezi menshi muri uyu mwaka ahagarikiwe konti ze ku mbuga nkoranyambaga za Twitter na Facebook, azira guteza akajagari kakurikiwe n’imyigaragambyo y’abamukurikira bigebije ibiro by’inteko ishinga amategeko y’Amerika, nyuma yo gutsindwa amatora, bakinjiramo nabi bigahesha isura mbi kuri icyo (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
14 January 2025Umugabo yishwe azira kwishimira itsinzi ya USA
1 December 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
18 September 2024Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























