Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Ukraine yaretse kujya muri OTAN isaba Putin guhagarika intambara

Thursday 17 March 2022
    Yasomwe na

Umujyanama wa Perezida wa Ukraine, Mikhailo Podolyak yatangaje ko igihugu cye gisaba Uburusiya guharika intambara ku butaka bwa Ukraine.

Yabitangaje mu biganirio byabaye imbonankubone hifashishijwe iya kure hagati y’abayobozi ku mpande zombi, Ukraine n’Uburusiya, kuri uyu wa Gatatu.

Bwana Mikhailo Podolyak yavuze ko ibyo igihugu cye gisaba byashoboka cyane binyuze mu nzira z’ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi, Zelenskyy na Putin.

Uburusiya bwo buhagaze ku mwanzuro umwe, wo gusaba Ukraine kuzinukwa umugambi wo kujya muri NATO.

Nyuma y’ibiganiro byabaye ku wa kabiri, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov yavuze ko Ikintu cyo gusaba agace katarimo intambara byaganiriweho kenshi ku mpande zombi mu gihe Perezida wa Ukraine Zelenskyy we avuga ko ubusabe bwo kurangiza intambara ari bwo abona bushoboka cyane.

Imwe mu miturirwa yo muri Ukraine watwitswe n’ibisasu by’Uburusiya ku wa Gatatu bari kugerageza kuwuzimya

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru