Monday . 18 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more
  • 23 April » AFC/M23 na Kinshasa bemeranyije guhererekanya imfungwa zikanyuzwa muri Uganda – read more

Umuzamu w’umunyarwanda agiye gukina hanze y’umugabane w’Afurika

Monday 23 June 2025
    Yasomwe na

HABINEZA Fils Francois wakiniye Etoile de l’Est agiye kujya mu ikipe ikomeye ishobora kumugura amafaranga asaga miliyoni 72 z’amanyarwnda.


HABINEZA Fils Francois niwe wenyine mu mateka wahamagawe mu Mavubi makuru, avuye mu cyiciro cya kabiri

Habineza Fils Francois ufite agahigo ko guhamagarwa mu ikipe y’igihugu avuye mu cyiciro cya kabiri ubwo yari muri Etoile de l’Est yo mu Burasirazuba, ari nayo kipe yigaragarijemo cyane mbere yo kuyivamo akerekeza muri Bugesera FC yaje kuzamuriramo urwego, ubu hari hariho amakuru amwerekeza mu ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC no muri Police, ariko ubu amakuru agezweho ni uko ari kwitegura gufata indege imwerekeza mu gihugu cya Denmark.


Midtjylland yavutse mu mwaka 1999

Uyu mukinnyi agiye gukinira ikipe yitwa Midtjylland inaheruka kwegukana shampiyona yo muri icyo gihugu mu mwaka 2023/2024 ikindi ikaba ari nayo ibitse igikombe cy’igihugu giheruka.


Ikipe ya Midtjylland irakomeye kuko uyu mwaka izitabira imikino ya EUROPE LEAGUE

uyu mukinnyi byitezwe ko azatangwaho agera ku bihumbi 50 by’idolari hafi asaga milliyoni 72 mu mafaranga y’u Rwanda.


NIYOYITA Egide

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru