Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Aba-Ofisiye 24 basoje amasomo abongerera ubumenyi

Monday 27 March 2023
    Yasomwe na

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude

Ba-Ofisiye 24 baturutse mu ngabo z’u Rwanda basoje amahugurwa yari agamije kubongerera ubumenyi bujyanye no kubungabunga amahoro mu muryango w’abibumbye bari bamazemo hafi ibyumweru bibiri mu Kigo cy’amahoro i Musanze.

Umuyobozi mukuru w’Ikigo Cy’Igihugu Cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) Col Jill Rutaremara wasoje aya mahugurwa ku mugaragaro yabasabye kuzakoresha ubumenyi bahawe.

Ni amahugurwa yari yatangiye kuva tariki ya 13 Werurwe 2022, yiswe UNSOC yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) ifatanyije n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ndetse n’Igihugu cy’Ubwongereza binyuze mu kigo cy’Ingabo gifasha afurika na British Support Team-Africa.

Aya masomo yabafashije kubongerera
ubumenyi kubwo bari basanzwe bafite mu bijyanye no kubungabunga amahoro mu muryango w’abibumbye, yitabiriwe nabafite amapeti ya Lieutenant Colonel na Captain.

Hagati (Rtd) col Jill Rutaremara, umuyobozi wa Rwanda Peace Academy

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru