Sunday . 31 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

Aba Taliban babujije abagore kwiga kaminuza

Wednesday 21 December 2022
    Yasomwe na

Nyuma yo kwisubiza ku butegetsi babwambuye Abanyamerika, Abatalinani bakomeje imwe mu miziro yabo ku bagore aho noneho bababujijwe kwiga ngo bakandagire muri kaminuza.

Ni ingingo yiyama amahanga yatangiye gutuma urubyiruko rwo muri iki gihugu kigendera ku mahame akaze ya Kiislamu rwikoma.ubutegetsi.

Minisitiri ushinzwe amasomo atangwa muri za Kaminuza muri Afoganisitani yatangaje iyo ngingo, BBC yise ko isubiza inyuma igihugu ejo ku wa kabiri, avuga ko igiye gushyirwa mu bikorwa ako kanya.

Iyo ngingo ije gusubiza inyuma birenze uburezi ku bagore, ni mu gihe kandi abakobwa bari bamaze kubuzwa kwiga amashuri yisumbuye kuva aho Taliban bagarutse ku butegetsi mu mwaka ushize.

Kuri uyu wa gatatu, hari abagore bamwe bateguye imyigaragambyo mu Murwa Mukuru Kabul.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru