Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abadepite batowe bamaze kurahirira inshingano

Wednesday 14 August 2024
    Yasomwe na

Abadepite 80 bagize inteko ishinga amategeko mu mutwe w’abadepite bamaze kurahirira inshingano zo gutangira imirimo yo gutora amsteheko no kugenzura ibikorwa bya guverinoma mu myaka 5 iri imbere.

Ni indahiro bakoreye imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu Ngoro y’Inteko Ishinga amategeko, kuKimihurura.

Mbere yo kurahira kw’abadepite, Perezida wa Repubulika yabanje kwakira Indahiro ya Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente nawe warahiriye inshingano nyuma yo kongera kugirirwa icyizere na Perezida akongera gusubira muri izo nshingano amazemo imyaka 7 ishize.

Abadepite 80 batangiye Manda ya gatanu y’inteko ishinga amategeko barimo abagore 52 bangana na 63%, bavuye kuri 61% bariho muri Manda ishize, kuri ubu kandi abagabo 36.25%.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru