Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Abadepite batowe bamaze kurahirira inshingano

Wednesday 14 August 2024
    Yasomwe na

Abadepite 80 bagize inteko ishinga amategeko mu mutwe w’abadepite bamaze kurahirira inshingano zo gutangira imirimo yo gutora amsteheko no kugenzura ibikorwa bya guverinoma mu myaka 5 iri imbere.

Ni indahiro bakoreye imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu Ngoro y’Inteko Ishinga amategeko, kuKimihurura.

Mbere yo kurahira kw’abadepite, Perezida wa Repubulika yabanje kwakira Indahiro ya Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente nawe warahiriye inshingano nyuma yo kongera kugirirwa icyizere na Perezida akongera gusubira muri izo nshingano amazemo imyaka 7 ishize.

Abadepite 80 batangiye Manda ya gatanu y’inteko ishinga amategeko barimo abagore 52 bangana na 63%, bavuye kuri 61% bariho muri Manda ishize, kuri ubu kandi abagabo 36.25%.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru