Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abantu 25 bapfuye nyuma yo kunywa liqueur iroze

Monday 31 May 2021
    Yasomwe na

Muri Leta ya Uttar Pradesh ari nayo ituwe cyane mu Buhinde, kuri uyu wa Mbere habarurwe abantu 25 bamaze gupfa bazize kunywa inzoga ya liqueur batazi ko umugizi wa nabi yayibategeyemo.

Iyi nzoga, nk’uko Ajab Singh Umuvugizi wa Polisi yo muri ico gihugu kiza ku mwanya wa kabiri mu bituwe n’abantu benshi ku isi, yaguzwe n’abasore babiri ku wa Kane w’iki cyumweru gishize mu kaduka kamaze igihe gafunzwe kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Uyu muvugizi yakomeje avuga ko kugeza ubu abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bazira kugura inzoga mu maduka yo muri Leta ya Uttar Pradesh.

Usibye abo bamaze guhitanwa n’iyo nzoga yo m ubwoko bw’iz’ibyotsi nkuko bibeze mu Rwanda abandi baremebeye mu bitaro aho bari kwitabwaho n’abaganga.

Kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Buhinde utubari turi mu by’ibanze byahereweho bifungwa ariko polisi yaho ivuga ko idasiba guta muri yombi ibihumbi by’abananiwe gufatira ka manyinya mu nzu zabo bakanywera mu tubari baengereza mu madirishya.

Amakuru ya COVID-19 mu Buhinde uyu munsi agaragaza ko ari bwo bagize imibare mike y’abanduye, aho basanze muri iyi minsi 50 ishize abantu ibihumbi 152 bafite corona, mu gihe abantu 3100 yabahitanye.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru