Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
  • 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more

Abanyarwanda twagaragaje ubumwe n’intego duhuriyeho yo kwigenera ahazaza hacu-Kagame

Sunday 11 August 2024
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yatangaje ko umusaruro w’amatora Abanyarwanda bavuyemo ugaragaza ubumwe n’intego baharaniraga.

Mu ijambo rye, Perezida Kagame utangiye Manda y’imyaka 5 iri imbere, yashimiye Abanyarwanda bose bamugiriye icyizere.

Yakomeje agira ati: Nishimiye kongera kubabera umuyobozi ari we Perezida muri iyi Manda nshya dutangiye.

Ibihe byo kwamamaza n’amatora tuvuyemo byatubereye twese Abanyarwanda igihe cy’ibyishimo ndetse bigaragaza ko twanyuzwe.

Miliyoni z’Abanyarwanda bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza kandi hafi ya bose baratoye.

Ntabwo Ari imibare gusa ahubwo birenze ibyo twiboneye n’amaso n’ibyo twanyuzemo muri icyo gihe ukuri kurivugira.

Abanyarwanda twagaragaje ubumwe n’intego duhuriyeho yo kwigenera ahazaza hacu.

Iki nicyo tumaze iyi myaka yose ishize duharanira.

Ijambo yageneye Abanyarwanda bumva ururumi rw’Ikinyarwanda ryakurikiwe n’iryo yageneye abanyamahanga batumiwe muri uwo muhango numva ururimi rw’icyongereza.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru