Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abanyarwanda twagaragaje ubumwe n’intego duhuriyeho yo kwigenera ahazaza hacu-Kagame

Sunday 11 August 2024
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yatangaje ko umusaruro w’amatora Abanyarwanda bavuyemo ugaragaza ubumwe n’intego baharaniraga.

Mu ijambo rye, Perezida Kagame utangiye Manda y’imyaka 5 iri imbere, yashimiye Abanyarwanda bose bamugiriye icyizere.

Yakomeje agira ati: Nishimiye kongera kubabera umuyobozi ari we Perezida muri iyi Manda nshya dutangiye.

Ibihe byo kwamamaza n’amatora tuvuyemo byatubereye twese Abanyarwanda igihe cy’ibyishimo ndetse bigaragaza ko twanyuzwe.

Miliyoni z’Abanyarwanda bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza kandi hafi ya bose baratoye.

Ntabwo Ari imibare gusa ahubwo birenze ibyo twiboneye n’amaso n’ibyo twanyuzemo muri icyo gihe ukuri kurivugira.

Abanyarwanda twagaragaje ubumwe n’intego duhuriyeho yo kwigenera ahazaza hacu.

Iki nicyo tumaze iyi myaka yose ishize duharanira.

Ijambo yageneye Abanyarwanda bumva ururumi rw’Ikinyarwanda ryakurikiwe n’iryo yageneye abanyamahanga batumiwe muri uwo muhango numva ururimi rw’icyongereza.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru