Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Abasore b’i Rwanda ngo "Nta Gikwe", muri Arabia Soudite abasore bashyiriweho amafaranga yo kurongora

Thursday 22 July 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Mu gihe mu Rwanda kuva icyorezo cya Coronavirus cyatamgira kwitambika gahunda z’abasore n’inkumi bifuza kurushinga imbere y’amategeko no kwereka ibirori imiryango bamwe bakahakura imvugo ngo "Nta Gikwe", Umwami wa Arabia Soudite nawe yabirebye abona gahunda ishobora kuba yarabaye imwe ashyiraho ibihumbi bisaga 900 by’amadorali , arenga miliyari y’amanyarwanda ku basore bifuza kurushinga.

Inkuru y’ikinyamakuru Arabanews, ivuga ko umwami wa Arabia Sawudite Mohammed bin Salman yatanze $ 997,080, hafi Miliyari y’Amanyarwanda mu rwego rwo gutera inkunga abasore kugira ngo bashake abagore yewe.

Yanabikoze mu kongerera ubushobozi abasore bafite ubumuga kugira ngo babashe kurongora.

Aya mafaranga, Mohammed bin Salman yatanze bivugwa ko azagenerwa abasore bagera kuri 200 badafite ubushobozi bwo gushaka abagore nk’imbaraga n’akanyabugabo abateye. Bwa mbere kandi hari hatanzwe Miliyoni 250 mu gufasha urubyiruko kwikura mu bukene kugira ngo rugire imibereho myiza.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru