Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Bruce Melody azakoresha imbaraga zose nawe yegukane PGGSS

Wednesday 2 May 2018
    Yasomwe na

Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melody uri mu bahanzi barimo guhatanira irushanwa rikomeye mu Rwanda ryitwa Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 8 yavuze ko yiteguye kuzakora ibishoboka byose agatwara igihembo nyamukuru gitangwa muri iri rushanwa.

Bruce Melody yavuze ko ubu yatangiye imyiteguro yo kuzajya ataramira abantu neza mu bitaramo bazajya bajyamo ngo kandi ayigeze kure.

Agra ati “Ubu ndashaka igikombe kandi imyiteguro y’uko nzajya ntaramira abantu nyigeze kure”.

Uyu muhanzi yirinze kugaragaza ingamba azakoresha kugira ngo abo bahuriye mu irushanwa batazimenya.

Indirimbo nshya aheruka gukora yitwa Embeera zo, yayikoranye n’umuhanzikazii Queen Sheebah Karungi ukomoka mu gihugu cya Uganda, yavuze ko arimo kubona abantu bayakira neza ngo kandi no mu tubyiniro dutandukanye barayicuranga kandi ko mu minsi mike azasohora amashusho y’iyo ndirimbo.

Umuhanzi Bruce Melody asanzwe azwi ku ndirimbo zitandukanye zirimo iyitwa “Ikinya”, “Tubivemo”, “Ntujy’unkinisha” n’izindi.

Bruce Melody NA Queen Sheebah

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru