Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Bwa Mbere UTUBARI twemerewe gufungurwa mu gihe cya COVID-19

Tuesday 21 September 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame Paul yakomoreye utubarikongera gukora ku mugaragaro, ariko tukazafungurwa mu byiciro.

Ubucuruzi bw’utubari bwari bufunze kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda muri Werurwe umwaka ushize wa 2021.

Umwanzuro wa 9 mu byemezo by’Inama y’abaminisitiri wanzuye ko utubari tuzafungura mu byiciro, amabwiriza arambuye kuri iyi ngingo azatangwa na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda n’Urwego r’Iteramvere RDB.

Mu bindi byahindutse mu mabwiriza ya COVID-19 ni uko isaha zo kugera mu rugo zashyizwe saa tanu ariko ibikorwa byemerewe gukora bikazajya bifunga saa yine z’ijoro.

Ibikorwa byose byemerewe gukora bizajya bifunga saa mbiri z’ijoro uretse mu turere twashyiriweho umwihariko.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru