Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Bwa Mbere muri America hatowe Perezida w’umugore

Monday 3 June 2024
    Yasomwe na

Claudia Sheinbaum, abaye umugore wa mbere wicaye ku ntebe y’Umukuru w’Igihugu ku mugabane w’America.

Ni intsinzi Shienbaum yabonye amaze gutsinda amatora yabaye kuri iki Cyumweru muri Mexique, akaba Perezida wa Mbere w’umugore w’icyo gihugu cyo mu Majyepfo y’Umugabane wa Amerika.

Uyu mugore w’imyaka 62, ageze kuri iyi ntsinzi ahigitse umukandida Perezida mugenzi we w’umugabo, Xóchitl Gálvez, bahatanaga amutsinda ku majwi 56% by’abatoye.

Sheinbaum azatangira imirimo nka Perezida mushya wa Mexique tariki 1 Ukwakira uyu mwaka, asimbuye Perezida Andrés Manuel López Obrador.

Sheinbaum yahoze ari Meya w’umujyi wa Mexico, ari nawo murwa mukuru wa Mexico.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru