Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Bwa Mbere muri America hatowe Perezida w’umugore

Monday 3 June 2024
    Yasomwe na

Claudia Sheinbaum, abaye umugore wa mbere wicaye ku ntebe y’Umukuru w’Igihugu ku mugabane w’America.

Ni intsinzi Shienbaum yabonye amaze gutsinda amatora yabaye kuri iki Cyumweru muri Mexique, akaba Perezida wa Mbere w’umugore w’icyo gihugu cyo mu Majyepfo y’Umugabane wa Amerika.

Uyu mugore w’imyaka 62, ageze kuri iyi ntsinzi ahigitse umukandida Perezida mugenzi we w’umugabo, Xóchitl Gálvez, bahatanaga amutsinda ku majwi 56% by’abatoye.

Sheinbaum azatangira imirimo nka Perezida mushya wa Mexique tariki 1 Ukwakira uyu mwaka, asimbuye Perezida Andrés Manuel López Obrador.

Sheinbaum yahoze ari Meya w’umujyi wa Mexico, ari nawo murwa mukuru wa Mexico.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru