Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Bwa mbere Mozambique igize icyo ivuga kuri Ntamuhanga watorotse gereza mu Rwanda

Saturday 12 June 2021
    Yasomwe na

Leta ya Mozambique yatangaje ko igiye gukurikirana ikibazo cy’umunyarwanda yahaye ubuhunzi Ntamuhanga Cassien umaze ibyumweru bitatu bihwihwiswa ko yafashwe n’inzego zaho zikamushyikiriza ambasade y’u Rwanda.

Ijwi rya Amerika ryatangaje ko Umunyarwanda uhagarariye impunzi ziri Mozambique, Habiyaremye yaribwiye ko nabo bamaze ibyo byumweru batazi aho ari btakambira leta ibacumbikiye ngo ibashakire amakuru nyayo ku ho mugenzi wabo Ntamuhanga yaba aherereye cyane ko abo mu muryango bamubuze.

Habiyaremye ukuriye izo mpunzi yavuze ko Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga yababwiye ko ikibazo k’iyo mpunzi barimo kugikurikirana binyuze mu gipolisi kibishinzwe.

Yakomeje avuga ko itangazo ry’iyo Minisiteri naryo ritavuga neza ko bazi aho Ntamuhanga ari cyangwa akiri kuri ubwo butaka.

Ati "Bemeza ko gusa Ntamuhanga Kasiyani yabaye muri Mozambique ariko yarahari nk’impunzi mu buryo bwemewe n’amategeko akaba yari afite ibyangombwa by’ubuhungiro."

Igitangaje nk’uko iyo mpunzi ikuriye izindi yabisobaniye, ni uko ishami ryari ryarahawe gushakisha amakuru ya Ntamuhanga Cassien si ryo ryatangaje ko yabuze.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru