Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 24 June » Musanze: JADF yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye gatatu muri uyu mwaka – read more
  • 23 June » Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y’Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza – read more
  • 15 June » Abapolisi bo muri Pakistan bibeshye barasa ku muryango w’Abanya-Australia, umwana ahasiga ubuzima – read more
  • 15 June » Ibisasu by’Uburusiya byishe abantu 9 ndetse bitwika Katedarali y’amateka iri i Kyiv – read more
  • 15 June » RMA: Bruce Melody yegukanye igihembo, The Same bataha amaramasa – read more

Congo yahagaritse inyama ziva mu Rwanda n’u Burundi

Saturday 11 June 2022
    Yasomwe na

Ubutegetsi bw’Intara ya Kivu y’Amajyepfo bwahagaritse ubucuruzi bw’inyama ziva mu Rwanda no mu Burundi nyuma yuko hadutse icyorezo kirimo kwibasira amatungo uyariye kikaba cyamuhitana.

Iki cyemezo Kivu y’Amajyaepfo yegereye u Burundi igifashe nyuma yuko yumvise i Bujumbura bavuze ko icyorezo cy’Umuriro mwinshi mu matungo, Fievre Jaune, cya Lift valley gifata amatungo kigeze mu Burundi.

Vincent Muhigirwa Sangwa ushinzwe iby’amatungo, uburobyi n’ubuhinzi yavuze ko iyo ndwara ikwirakwira hagati y’amatungo n’andi, atari hagati y’abantu kandi yica ikigeretseho itarabonerwa umuti.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru