Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Coup d’etat muri Côte D’Ivoire

Thursday 29 February 2024
    Yasomwe na

Perezida wa Côte D’Ivoire yatewe coup d’etat n’agatsiko k’abasirikare gatangaza ko ariko kayoboye inzibacyuho.

Abasirikare bayobowe n’uwitwa Adama Ouattara batangaje ko bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Alassane Ouattara.

Adama Ouattara yagize ati: “ Dushingiye kuri izo ngingo rero dutangaje ko ubuyobozi bwategekaga muri iyi manda buhagaritswe.”

Bavuze ko ubutegetsi bwari buriho butari bukurikije amategeko bityo bugomba gusubiza abaturage.

Ukuriye abahiritse Alassane Quattara, Adama Ouattara muri video iri kuri X yavuze ko inzego zose zari ziyobowe n’ubutegetsi bwa Ouattara zambuwe ubushobozi ahubwo ko zigiye kuyoborwa na Perefe na ba Superefe mu gihe cy’inzibacyuho.

Adama Quattars yasabye abasirikare na Polisi kwirinda gukora icyo ari cyo cyose cyabangamira umudendezo rusange w’abaturage ahubwo bagakomeza kurinda ituze rusange.

Yatangaje ko gukuraho inzego ziri ho muri iki gihe abaturage babiherwa ububasha n’ingingo ya 57 n’iya 58 zigize Itegeko Nshinga rya Côte d’Ivoire.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru