Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Egypt: Eman yahunze igihugu kubera ibice by’umubiriwe

Monday 30 April 2018
    Yasomwe na

Eman El-Deeb yemeye guhunga igihugu cye cy’amavuko cya Misiri mu rwego rwo kurengera umusatsi yabonaga n’atava muri iki gihugu bazakomeza kumurwanya bakaba banawumukuraho cyangwa bakamugira igicibwa.

Umukobwa w’imyaka 26 y’amavuko gusa, Eman El-Deeb yahunze igihugu cye muri 2016 nyuma yo kuba yarifuzaga kugira imisatsi nk’iy’Abanyaburayi kandi mu Misiri baka barabifataga nk’icyaha.

Nyuma yo kuva mu Misiri akajya gutura muri Espagne, yishimiye cyane uko abayeho kuko abona ibyo akora byose ntawe bibangamiye.

Yagize ati, “Navuye mu Misiri muri 2016 nyuma yo kubona ko ninguma muri iki gihugu bazamfata nk’uwataye umuco. Nahisemo kwigira aho batazita ku misatsi yanjye cyangwa ngo hagire abumva mbabangamiye”

Eman El-Deeb yakomeje avuga ko hari abayobozi ba bank imwe yakoragaho bahoraga bamusaba kujya muri Salon kurambura umusatsi we ariko bituma afata umwanzuro wo guhunga igihugu.

N’ubwo icyemezo cya Eman El-Deeb cyasaga nk’igitangaje, cyabereye urugero rwiza abandi bagore bitinyaga bumva ko bakoze ibiri mu byiyumviro byabo bagirwa ibicibwa mu gihugu.

Misiri ni kimwe mu bihugu bigira amahame n’imyemerere yihariye ariyo mpamvu abashatse kwigana imico y’abo ku mugabane w’Iburayi bagirwa ibicibwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru