Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
  • 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more

Ethiopia irashinjywa kwica bunyamanswa abanya-Tigray 88

Wednesday 7 December 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Raporo yasohotse tariki ya 5 Ukuboza 2022, ivuga ko abasirikare n’abenegihugu ba Ethiopia bishe bunyamanswa imfungwa 88 z’Abanya-Tigray mu nkambi yo mu Majyepfo y’igihugu.

Iyo raporo ivuga ko bwabaye ubwicanyi buteye isoni, bwakorewe abasirikare bafatiwe ku rugamba kuva iyi ntambara yo muri Tigray itangiye kugeza ubu hakaba hashize imyaka 2.

Washington Post, yavuze ko ubwo bwicanyi bwabaye kuri 21 Ugushyingo 2021, mu nkambi ya gisirikare, iyo nkambi yari ifungiwemo abarwanyi b’Abanya-Tigray basaga 2000 bafatiwe kurugamba.

Amakuru dekesha Ijwi ry’Amerika avuga ko, ubwo bwicanyi bwabaye igihe abo barwanyi b’Aabanya-Tigray, bari barikurwana berekeza ku murwa mukuru wa Ethiopia Addis Abeba. Intambara hagati y’abasirikare bal eta n’aba Tigray yatangiye mu Ugushyingo 2020.

Kugeza ubu impande zombie ziri gukora kuburyo amasezerano yasinywe atangire gushyirwa mu bikorwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru