Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Nta sasu na rimwe irashe M23 ifashe akandi gace

Monday 31 October 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi bitandukanye muri Teritwari ya Rutshuru Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Ukwakira 2022, M23 wongeye kwigarurira agace ka Mabenga muri teritwari ya Rutshuru.

Amakuru aremeza ko abarwanyi ba M23 binjiye muri Mabenga mu gitondo cyo kuri uyu wambere , ingabo za FARDC zihita ziyabangira ingata zitarwanye.

Ibi byatumye abarwanyi ba M23 bafata ako gace batarashe isasu na rimwe.

Ku mbuga nkoranyambaga, bamwe mu Bakongomani bari gutabaza bavuga ko Goma ishobora gufatwa bitewe n’uko ingabo za Leta (FARDC) ari abanyabwoba kuko bari kubona M23 bagahita biruka aho guhangana nayo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru