Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 24 June » Musanze: JADF yatangaje ko amafaranga y’ingengo y’imari yikubye gatatu muri uyu mwaka – read more
  • 23 June » Ishyaka ryacu rishyize imbere imibereho myiza y’Abaturage, Senateri Dr Frank Habineza – read more
  • 15 June » Abapolisi bo muri Pakistan bibeshye barasa ku muryango w’Abanya-Australia, umwana ahasiga ubuzima – read more
  • 15 June » Ibisasu by’Uburusiya byishe abantu 9 ndetse bitwika Katedarali y’amateka iri i Kyiv – read more
  • 15 June » RMA: Bruce Melody yegukanye igihembo, The Same bataha amaramasa – read more

GRAVITY OMUTUJUU UMURAPERI WO MURI UGANDA YARASHWE AMASASU 3

Thursday 21 February 2019
    Yasomwe na

Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Gihugu cya Uganda Gereson Wabuyi wamenyekanye nka Gravity Omutujju uririmba mu njyana ya Rapp yarashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga b’inzobere.

Uyu musore asanzwe ari umuraperi ukunzwe muri Uganda ndetse si ugukundwa n’abafana gusa ahubwo n’ininshuti magara yabamwe mu bahanzi barimo na Eddy Kenzo nyuma yo kuraswa rero hakaba hahise hashyirwa inyandiko ku rukuta rwe rwa facebook igaragaza ko yarashwe n’abantu bataramenyekana ahita ajyanwa kwa muganga igitaraganya.

Ubutumwa bugira buti “Gravity Omutujju yarashwe n’uwitwaje imbunda utamenyekanye. Amasengesho yanyu arakenewe.”

Umuhanzi Gravity akunzwe na benshi muri Uganda gusa yarashwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Polisi nayo yemeje iraswa ry’uyu musore. Umuvugizi wa Polisi muri Wamala, Norbert Ochom, yatangaje ko uyu muraperi yarashwe n’umurinzi wo kuri Sitasiyo ya essence mu gace ka Bukuyu mu Karere ka Kassanda
Uyu murinzi ukekwaho kurasa Gravity Omutujju bivugwa ko yitwa Amos Muhebwa ariko Polisi yavuze ikiri gutohoza amakuru neza ngo imenye icyatewe iki gikorwa.

Uyu muhanzi yarashwe ahantu habi cyane aho biri gutera benshi impungenge kuko bamusatuye inda.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru