Thursday . 12 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more
  • 10 March » Ibiciro byazamutseho 9.2 muri Gashyantare – read more
  • 10 March » Iran yongeye kugaba ibitero mu kigobe cy’abapersi – read more

Umuntu Muremure n’umugufi ku Isi bahuye

Friday 22 November 2024
    Yasomwe na


Umugore ufite uburebure buruta ubw’abandi ku Isi yahuye na mugenzi we w’umugore nawe ufite ubugufi bukabije nawe ku Isi, baganira ku duhigo bihariye kurusha abandi kuri uyu mugabane.

Umuhuro wa Rumeysa Gelgi wa metero 2.16 z’ubutebure wo muri Turkey na Jyoti Amge wa santimetero 62.8 wo mu Buhinde wabereye i Londre mu Bwongereza, basangira icyayi cya kumanywa, aho bishimiraga ibyo buri umwe afite bitandukanye n’iby’undi mu duhigo tw’Isi.

Umuremure afite imyaka 27 mu gihe umugufi afite imyaka 30.

Bombi kandi bafite ibyo bazwiho bakira neza, kuko Rumeysa asanzwe ari umushakashatsi akanakora akora porogaramu za mudasobwa muri Turkey mu gihe Amge asanzwe ari kimenyabose mu gukina filme mu Buhinde zisetsa abantu.

Gasongo Rumysa yitoye amanura ijwi abwira abwira Amge ati: "Uri mwiza cyane!" Undi nawe asunika ijwi ati: "Urakoze-Nawe nuko", maze umunezero wabo utangira ubwo.

Isoko: Washington Post

Inkuru ya Jennipher Hassan yashyizwe mu kinyarwanda na Samuel Mutungirehe

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru