Tuesday . 19 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more
  • 23 April » AFC/M23 na Kinshasa bemeranyije guhererekanya imfungwa zikanyuzwa muri Uganda – read more
  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more

Gabon: Perezida yakuyeho Minisiteri yanzwe n’abaturage

Monday 19 September 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Nimugire Fidelia

Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba yakuyeho Minisiteri y’ibikorwaremezo imaze iminsi yinubiwe kenshi n’abaturage, kubera kutagira icyo ikora mu gusana imihanda yo mu byaro.

Itangazo ryasomwe na Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu, rivuga ko Perezida Ondimba atishimiye uburyo iyo Minisiteri isa nk’aho ntacyo ikora mu gusana cyangwa kubaka imihanda mishya yoroshya ubuhahirane mu baturage.

Inshingano z’iyo Minisiteri zabaye zimuriwe mu biro bya Minisitiri w’Intebe.

Gabon ni igihugu gifite amikoro ahagije, igaturwa na miliyoni ebyiri z’abaturage. Muri Afurika iza ku mwanya wa gatanu mu bicukura peteroli nyinshi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru