Monday . 20 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Gen Kainerugaba arashaka umutwe wa Bobi Wine

Monday 6 January 2025
    Yasomwe na

Umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, UPDF yatanagje ko ashaka guca umutwe Bobi Wine, umunyaporitike atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Se.

Mu butumwa yanditse ku mugoroba w’ejo ku cyumweru ku rubuga X rwahoze ari Twitter, Kainerugaba yavuze ko Se uyoboye Uganda kuva mu 1986 ariwe muntu wenyine, akingiye Bobi Wine kugira ngo ntamuce umutwe.

Kainerugaba akunze kwandika amajambo ateza impaka ku mbuga nkoranyambaga, harimo ibyo yigeze kwandika mu 2022, aho yavuze ko yatera igihugu gituranyi cya Kenya, ibintu byarakaje cyane abanyakenya bamusaba kwisubiraho.

Hari haciye iminsi itari mike Gen. Kainerugaba adaherutse kwandika bene ayo amagambo ibihugu bimwe bimwe bifata ko ari agasomborotso n’uguca kubiri n’imigenderanire myiza.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru