Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Gupima umuriro ahahurira abantu benshi byahagaritswe

Thursday 17 March 2022
    Yasomwe na

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko ihagaritse ibikorwa byo gupima ubushyuhe bw’umuriro ku mubiri, ahantu hahurira abantu benshi nyuma yo kubona ko bitagukenewe kandi bitagifatwa nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19.

Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19 zorohejwe ndetse n’imipaka y’igihugu yose ikaba yaringeye gufungurwa kuva yafungwa ubwo COVID-19 yageraga mu Rwanda.

Mu itangazo rya Minisiteri y’ubuzima handitsemo ko , icyakora, bikiri ngombwa ko abantu bikingiza icyorezo COVID-19 kuko cyo kigihari.

Minisiteri y’ubuzima kandi ishishikariza abantu gukomeza gukaraba no kwambara neza agapfukamunwa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru