Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Hatarashira ukwezi Trump ahuye na Kim, N. Korea yarashe misile 2

Thursday 25 July 2019
    Yasomwe na

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Korea ya Ruguru buratangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane iki gihugu cyarashe misile ebyiri zombi zaguye mu Nyanja y’Ubuyapani.
Izi Misire zarashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane, iya mbere yarashwe saa 05:34 iya kabiri iraswa 05:57.

Zarasiwe mu gace kitwa Wansan ko mu burasirazuba bwa Korea ya Ruguru. Zombi zagenze ibilometero 690.
Izi misire zirashwe hatarashira ukwezi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America ahuye na Kim Jong-un wa Korea ya Ruguru bahuye.

Minisitiri w’Umutekano w’Ubuyapani we yanyomoje amakuru ko ziriya misire zaguye mu Nyanja yabo ndetse ko zitahungabanyije umutekano w’iki gihugu.

Inkuru dukesha BBC

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru