Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

HongKongo yategetse abaturage bayo kwisuzumisha COVID-19

Tuesday 22 February 2022
    Yasomwe na

Guverinoma ya Hong Kong yashyizeho itegeko ku baturage bayo bose ko bagomba kwisuzumisha Covid-19 ngo buri umwe amenye uko ahagaze.

Ni nyuma yuko muri iki gihugu gituwe b’abarenga miliyoni 7.5 bigaragaye ko harimo ubwandu buri hejuru mu gihe gito

Umuyobozi Mukuru, Carrie Lam yavuze ko abaturage bagomba kwinjira mu bihe bitatu byo kwisuzumisha coronavirusi muri uku kwa Gatatu, 2022.

Amashuri nayo mbere y’impeshyi azashyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda kwanduzanya, nko guhana intera igihe abantu bahuriye ahantu hamwe.

Kugeza ubu iki gihugu kiri guhangana na virusi yihinduranyije ya Omicron, kugeza aho ibitaro bitangiye kunanirwa kwita ku barwayi.

Muri iki gihugu kigitsikamiwe n’Ubushinwa hari kugaragara abanduye bashya buri munsi, ku buryo abayobozi bakuru mu Bushinwa bari kujya gufasha Hong Kong guhagarika umuvuduko w’ubwandu bushya.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru