Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)
By Imfurayabo Pierre
Nsengiyumva François umaze kwamamara nka Igisupusupu, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Isubireho’ ikebura abakobwa bakora umwuga wo kwicuruza. Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kamena 2020, irimo ubutumwa bukebura abakobwa cyangwa se abahungu bishora mu ngeso mbi cyane cyane iz’ubusambanyi.
Ishushanya umukobwa uba warananiye iwabo akajya ararana n’abasore mu mahoteli, kugeza aho bamufashe ku ngufu bakamukoresha imibonano mpuzabitsina barenze (…)
By Imfuraybo Pierre
Umusuwisi Roger Federer, akaba ikirangirire mu mukino wa Tennis, yatangaje kuri uyu wa gatatu tariki 10 Kamena, ko yongeye kubagwa mu ivi ry’iburyo. Yavuze ko kongera kugaruka mu kibuga bitari mbere y’umwaka wa 2021.
Roger Federer, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati “Nifuje gufata igihe, kugira ngo nzongere gukina neza 100%. Abafana banjye, amarushanwa, nzabikumbura cyane, kandi ndifuza kuzabona buri wese, muri saison ya 2021”.
Si ubwa mbere abazwe kuri (…)
By Imfurayabo Pierre
Safi Madiba yamaze kwandikira urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umuvugabutumwa wo mu itorero rya Zion Temple uzwi nka Ev. Eliane Niyonagira amushinja ko yamusebeje mu ruhame agamije kumwangiriza izina.
Muri ‘Email’ dufitiye kopi, Safi Madiba yanditse asaba kurenganurwa agaragaza ko yaseberejwe mu ruhame n’uyu muvugabutumwa agamije kumwangisha abantu no kumusenyera izina.
Safi Madiba yagize ati” Nitwa Niyibikora Safi, ndi umuhanzi (…)
By Imfurayabo Pierre
Abakunda Hip-hop na rap bazi ko Def Jam Recordings ari inzu itunganya muzika izwi kurusha izindi mu gukora injyana ya hip-hop.
Iyi kompanyi niyo yatumye tumenya abanyamuzika nka Tupac, Ja Rule, DMX, Fabulous, LL Kool J, Kanye n’abandi benshi, n’ubu ikorana n’abazwi cyane nka Justin Bieber, Rihanna n’abandi.
Def Jam ije gushora mu mpano zo muri Afurika biciye muri Universal Music, ku ikubitiro irahera mu bahanzi icyenda – barindwi muri bo ni abo muri Afurika y’Epfo (…)
By Imfurayabo Pierre
Umukinnyi wo hagati mu kibuga, Twizeyimana Martin Fabrice, wakiniraga Kiyovu Sports yasinyiye Police FC amasezerano y’imyaka ibiri.
Twizeyimana yari amaze iminsi ari mu biganiro na bamwe mu bamaze kugirwa abayobozi bashya ba Rayon Sports, aho byavugwaga ko bashakaga kumutangaho miliyoni 11 Frw.
Kiyovu Sports yari amazemo amezi atandatu, na yo iri mu makipe yamuganirije muri iyi minsi ishize, yifuza ko yakongera amasezerano.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki (…)
By Imfurayabo Pierre
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2020,APR FC yahawe ìgikombe cya Shampiyona nyuma y’aho FERWAFA yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu shampiyona.
Ishingiye ku itegeko nomero 33 rigenga sitati ya FERWAFA n’itegeko 28 rigenga amategeko shingiro yayo, Komite Nyobozi ya FERWAFA yafashe icyemezo cyo guha APR FC igikombe cy’uyu mwaka w’imikino wa 2019/20 nyuma yo kwemeza ko isorejwe aho yari igeze kubera COVID-19.
APR FC nk’ikipe irusha izindi amanota kugeza (…)
By Imfurayabo Pierre
Polisi yahagaritse igitaramo cya Tuff Gang cyaberaga ahantu bari bateguye muri Kicukiro ariko kikanyura kuri YouTube, ndetse aba bahanzi bafatwa nk’abarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
Abari aho umuziki waturukaga bari abahanzi, abacuranzi na bamwe mu bagiteguye. Igitaramo cyatangiwe na Green P waririmbye indirimbo ebyiri, yakirwa na Bull Dogg, na we akurikirwa na Fireman.
Buri muhanzi yaririmbaga indirimbo ebyiri, Fireman asoje ize agiye (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’ukwezi kurenga, Habimana Hussein, umuyobozi wa tekinike muri FERWAFA afunzwe aho yari akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umwana w’umukobwa wari mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 amwizeza ko azamufasha agatsinda, yarekuwe by’agateganyo.
Uyu mugabo nyuma gufatwa n’ubugenzacyaha akaba yarahise akorerwa dosiye ishyikirizwa Ubushinjacyaha maze mu cyumweru gishize ku wa Kane ajya kubura ku ifungwa n’ifungurwa (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’amezi 10 atorewe kuyobora Rayon Sports, Munyakazi Sadate ashobora kwegura kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera kuri IGIHE abivuga.
Munyakazi Sadate yatorewe kuyobora Rayon Sports tariki ya 14 Nyakanga 2019 asimbuye Muvunyi Paul wari umaze imyaka ibiri ayobora iyi kipe.
Amakuru agera mu itangazamakuru, ikesha abo hafi ya Munyakazi Sadate ni uko ari gutekereza uburyo yakwegura ku buyobozi bwa Rayon Sports ndetse amaze iminsi aganira na bamwe bakuriye inzego (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Afurika, Davido ukorera muzika mu gihugu cya Nigeria, yatangaje benshi ubwo byahishurwaga ko yambuye impeta umukunzi we Chiona bamaranye igihe mu rukundo nk’abantu bari barahanye igihango cyo kubana nk’umugore n’umugabo.
Davido, nyuma yo kwambura impeta umukunzi we byagizwe ibanga ariko hakomeza kwibazwa impamvu yambuye impeta Chioma kandi bizwi ko bafitanye igihando cy’urukundo, byaje kumenyekana, yewe (…)
Petrovic ngo yafashije Mangwende na Ombolenga kwerekeza muri Serbia
21 January 2019, by MUTESI ScoviaGabiro Guitar yabuze umubyeyi we
5 December 2022
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























