Tuesday . 19 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

 Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri

Aya marushanwa yateguwe n’ikigo cya Vision Jeunesse Nouvelle na Future Novelty Company n’Akarere ka Rubavu, akaba agiye kuba ku nshuro ya kabiri, nyuma y’umwaka ushize. Ibi bikaba byaragatsweho mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatandatu tariki 26 Mata 2026. Aya marushanwa afite intego yo gufasha urubyiruko guteza impano zabo imbere, bityo zibe zabafasha kugera ku musaruro, aho biteganyijwe ko mu bayategura bazazenguruka mu mirenge yose y’Akarere ka Rubavu, bashaka abanyempamo ngo bahatane (…)

Safi Madiba yareze muri RIB Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira amushinja kumusebya mu ruhame
Safi Madiba yareze muri RIB Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira amushinja kumusebya mu ruhame

By Imfurayabo Pierre
Safi Madiba yamaze kwandikira urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umuvugabutumwa wo mu itorero rya Zion Temple uzwi nka Ev. Eliane Niyonagira amushinja ko yamusebeje mu ruhame agamije kumwangiriza izina.
Muri ‘Email’ dufitiye kopi, Safi Madiba yanditse asaba kurenganurwa agaragaza ko yaseberejwe mu ruhame n’uyu muvugabutumwa agamije kumwangisha abantu no kumusenyera izina.
Safi Madiba yagize ati” Nitwa Niyibikora Safi, ndi umuhanzi (…)

424 Shares 4 Comments
Def Jam, inzu ya muzika yazamuye Tupac, Kanye…yaje no muri Afurika
Def Jam, inzu ya muzika yazamuye Tupac, Kanye…yaje no muri Afurika

By Imfurayabo Pierre
Abakunda Hip-hop na rap bazi ko Def Jam Recordings ari inzu itunganya muzika izwi kurusha izindi mu gukora injyana ya hip-hop.
Iyi kompanyi niyo yatumye tumenya abanyamuzika nka Tupac, Ja Rule, DMX, Fabulous, LL Kool J, Kanye n’abandi benshi, n’ubu ikorana n’abazwi cyane nka Justin Bieber, Rihanna n’abandi.
Def Jam ije gushora mu mpano zo muri Afurika biciye muri Universal Music, ku ikubitiro irahera mu bahanzi icyenda – barindwi muri bo ni abo muri Afurika y’Epfo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Twizeyimana Martin Fabrice wifuzwaga na Rayon Sports yasinye muri Police FC
Twizeyimana Martin Fabrice wifuzwaga na Rayon Sports yasinye muri Police FC

By Imfurayabo Pierre
Umukinnyi wo hagati mu kibuga, Twizeyimana Martin Fabrice, wakiniraga Kiyovu Sports yasinyiye Police FC amasezerano y’imyaka ibiri.
Twizeyimana yari amaze iminsi ari mu biganiro na bamwe mu bamaze kugirwa abayobozi bashya ba Rayon Sports, aho byavugwaga ko bashakaga kumutangaho miliyoni 11 Frw.
Kiyovu Sports yari amazemo amezi atandatu, na yo iri mu makipe yamuganirije muri iyi minsi ishize, yifuza ko yakongera amasezerano.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki (…)

424 Shares 4 Comments
Bidasubirwaho APR FC itwaye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 18 aho igitwaye idatsinzwe
Bidasubirwaho APR FC itwaye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 18 aho igitwaye idatsinzwe

By Imfurayabo Pierre
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2020,APR FC yahawe ìgikombe cya Shampiyona nyuma y’aho FERWAFA yafashe umwanzuro wo guhagarika burundu shampiyona.
Ishingiye ku itegeko nomero 33 rigenga sitati ya FERWAFA n’itegeko 28 rigenga amategeko shingiro yayo, Komite Nyobozi ya FERWAFA yafashe icyemezo cyo guha APR FC igikombe cy’uyu mwaka w’imikino wa 2019/20 nyuma yo kwemeza ko isorejwe aho yari igeze kubera COVID-19.
APR FC nk’ikipe irusha izindi amanota kugeza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igitaramo cya Tuff Gang cyanyuraga kuri YouTube cyahagaritswe igitaraganya
Igitaramo cya Tuff Gang cyanyuraga kuri YouTube cyahagaritswe igitaraganya

By Imfurayabo Pierre
Polisi yahagaritse igitaramo cya Tuff Gang cyaberaga ahantu bari bateguye muri Kicukiro ariko kikanyura kuri YouTube, ndetse aba bahanzi bafatwa nk’abarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
Abari aho umuziki waturukaga bari abahanzi, abacuranzi na bamwe mu bagiteguye. Igitaramo cyatangiwe na Green P waririmbye indirimbo ebyiri, yakirwa na Bull Dogg, na we akurikirwa na Fireman.
Buri muhanzi yaririmbaga indirimbo ebyiri, Fireman asoje ize agiye (…)

424 Shares 4 Comments
Umuyobozi ushinzwe tekinike muri FERWAFA wari ufunzwe akekwaho gufata ku ngufu yarekuwe
Umuyobozi ushinzwe tekinike muri FERWAFA wari ufunzwe akekwaho gufata ku ngufu yarekuwe

By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’ukwezi kurenga, Habimana Hussein, umuyobozi wa tekinike muri FERWAFA afunzwe aho yari akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umwana w’umukobwa wari mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 amwizeza ko azamufasha agatsinda, yarekuwe by’agateganyo.
Uyu mugabo nyuma gufatwa n’ubugenzacyaha akaba yarahise akorerwa dosiye ishyikirizwa Ubushinjacyaha maze mu cyumweru gishize ku wa Kane ajya kubura ku ifungwa n’ifungurwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Munyakazi Sadate ari kwiga uko yakwegura ku buyobozi bwa Rayon Sports
Munyakazi Sadate ari kwiga uko yakwegura ku buyobozi bwa Rayon Sports

By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’amezi 10 atorewe kuyobora Rayon Sports, Munyakazi Sadate ashobora kwegura kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera kuri IGIHE abivuga.
Munyakazi Sadate yatorewe kuyobora Rayon Sports tariki ya 14 Nyakanga 2019 asimbuye Muvunyi Paul wari umaze imyaka ibiri ayobora iyi kipe.
Amakuru agera mu itangazamakuru, ikesha abo hafi ya Munyakazi Sadate ni uko ari gutekereza uburyo yakwegura ku buyobozi bwa Rayon Sports ndetse amaze iminsi aganira na bamwe bakuriye inzego (…)

424 Shares 4 Comments
Davido yambuye impeta umukunzi we yari yarasezeranije kuzamubera umugore w'Isezerano
Davido yambuye impeta umukunzi we yari yarasezeranije kuzamubera umugore w’Isezerano

By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Afurika, Davido ukorera muzika mu gihugu cya Nigeria, yatangaje benshi ubwo byahishurwaga ko yambuye impeta umukunzi we Chiona bamaranye igihe mu rukundo nk’abantu bari barahanye igihango cyo kubana nk’umugore n’umugabo.
Davido, nyuma yo kwambura impeta umukunzi we byagizwe ibanga ariko hakomeza kwibazwa impamvu yambuye impeta Chioma kandi bizwi ko bafitanye igihando cy’urukundo, byaje kumenyekana, yewe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amagambo adasanzwe, nyuma yigihe kinini atagaragara Gisupusupu yagarukanye indirimbo nshya
Amagambo adasanzwe, nyuma yigihe kinini atagaragara Gisupusupu yagarukanye indirimbo nshya

By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’iminsi atumvikana dore ko atari aherutse gusohora indirimbo, umuhanzi Nsengiyumva Francois wamenyekanye nka Igisupusupu yateguje abantu ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Isubireho’.
Mu gace gato k’iyi ndirimbo kagiye hanze, byumvikana ko aba aririmba umukobwa witwa Mukamana amusaba kwisubiraho bitewe n’ibikorwa bye. Agira ati“Mukamana yaramanutse, Mukamana yaragiye amakorosi aramugonga, yiboneye ifaranga yebaba imbabura, ti ‘Mukamana yaramanutse, (…)

424 Shares 4 Comments
Serumogo Ally yateye umugongo Rayon Sports yongera amasezerano muri Kiyovu Sport
Serumogo Ally yateye umugongo Rayon Sports yongera amasezerano muri Kiyovu Sport

By Imfurayabo Pierre
Myugariro ukina ku ruhande rw’iburyo muri Kiyovu Sport, Serumogo Ally, byavugwaga ko yifuzwa n’amakipe atandukanye arimo na Rayon Sports, yamaze gusinya amasezerano mashya y’imyaka ibiri azakinira Urucaca.
Mu minsi mike ishize humvikanye amakuru ko uyu myugariro ashobora guhindura ikipe, Rayon Sports na Police FC niyo makipe yari ku isonga mu kwifuza uyu kapiteni wa Kiyovu Sport.
Ubuyobozi bw’iyi kipe bwaritaye mu gutwi, buhita bwihutira kugirana ibiganiro bya hafi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru