Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)
Umubyeyi w’umuhanzi Ngabo Medard Jobert [Meddy], Cyabukombe Alphonsine yitabye Imana azize uburwayi.
Amakuru y’urupfu rw’uyu mubyeyi yamenyekanye kuri iki Cyumweru, aguye muri Kenya aho yari amaze igihe kinini arwajwe na mukuru wa Meddy, nk’uko IGIHE yabitangaje ibikesha bamwe mu nshuti za hafi za Meddy.
Byanashimangiwe n’umunyamakuru Bayingana David uri mu nshuti za hafi za Meddy wanditse ku mbuga nkoranyambaga ze ati “Kubura umubyeyi [Mama] aba ari ibyago bikomeye. Komera cyane Meddy. (…)
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter hacicikana amafoto y’Umunyarwandakazi Teta Sandra uzwi mu muziki nyarwanda, afite ibikomere mu maso n’ahandi ku mubiri bivugwa ko yabitewe n’umugabo we Weasel Manizo, umuririmbyi wo muri Uganda barushinganye.
Ni amafoto yateye benshi mu Banyarwanda umujinya uvanze n’agahinda k’umukobwa wabo uro gukorerwa ihohoterwa ririmo n’iyicarubozo, cyane ko byavugwaga ko atari ubwa mbere umugabo we amukubise ahubwo asa nuwabimenyereye.
Kuva ubwo (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abagize ibiserukuru bitatu by’umuryango wa Bob Marley baraza kuba bari mu gitaramo kuri uyu wa kabiri mu mujyi wa Birmingham mu Bwongereza, ni nyuma y’imyaka 50 ishize nyuma y’igitaramo cya mbere uyu muririmbyi yakoreye muri uyu mujyi ataratabaruka.
Umwuzukuru wa Bob Marley, Skip Marley araza kuririmba muri kino gitaramo kiza kuba gihagarariwe n’uwari umugore we Rita, akaba yaranafashaga kuririmba uyu wahoze ari umunyamuziki w’ikirangirire, hamwe n’umukobwa (…)
Nyuma y’aho aherutse kuvuga ko azabera umugisha igihugu cye cy’u Rwanda, Umunyarwandakazi Clarisse Karasira akomeje kwibasirwa bikomeye ku mbugankoranyambaga, benshi MU bamwanjamye baRAmubaza uburyo azabigenza kandi asa n’uwahunze igihugu cye.
Uyu muhanzikazi usigaye aba muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, amaze iminsi yibasiwe n’abantu ku rukuta rwe rwa Twitter, avuga ko kuba hari aho yageze uyu munsi akaba afite n’umuryango mwiza abikesha imyitwarire myiza yagize yo kwirinda kwirukira (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia Umukinnyi wa mafilimi, Ben Affleck wamenyekanye mu mafilime yakunzwe cyane nk’iyo bita Batman n’izindi nka Deep water, yakoranye ubukwe n’umuhanzikazi Jennifer Lopez muri Las Vegas nk’uko Lopez yabyemeje.
Uyu mugore w’imyaka 52 yanditse ku rubuga rwe ati: "Twabikoze. Urukundo ni rwiza. Urukundo ni rwiza kandi biragaragara ko urukundo rwihangana. Rwarihanganye mu myaka 20.”
Aba ngo basubukuye ubukwe bwabo nyuma y’imyaka 17 bari barahagaritse gusezerana (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’amezi ane arengaho iminsi, Nyampinga w’u Rwanda 2022, Nshuti Muheto Divine yashyikirijwe imodoka yari yaremerewe nk’igihembo gikuru ku wegukanye iri kamba ry’ubwiza.
Nubwo yategereje iyi modoka igihe kitari gito kuko hashize amezi atari make yegukanye iri kamba rya Nyampinga w’u Rwanda. Gusa ngo nubwo imodoka yatanzwe ibindi bihembo byo ntibiratangwa ngo baracyarimo gukemura ibibazo byabaye muri irir rushanwa uyu mwaka.
Iyi modoka yo mu bwoko bwa (…)
Umuhanzikanzi w’Umunyarwanda Clarisse Karasira, yashyiize hanze ifoto yuko yibarutse imfura ye, mu ifoto y’ikiganza cy’abantu batatu, umugabo, umugore n’uruhinja ayiherekeza amagambo agaragaza ko yaruhutse.
Clarisse Karasira yashakanye n’Umunyarwanda uba hanze y’igihugu,(Umudiyasipora) muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ifashabayo Sylivain [Dejoie], ubu bakaba bishimiye kuba ababyeyi.
Mu butumwa batambukije ku mbuga nkoranyambaga zabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Kamena (…)
Imodoka Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022 yamaze kugera mu Rwanda, bikavugwa ko hasigaye ibiganiro hagati y’Inteko y’Umuco yeguriwe iri rushanwa n’ikigo cya Hyundai cyayitanze nk’igihembo kugira ngo ishyikirizwe uyu mukobwa.
Kuva Nyampinga w’u Rwanda 2022 yatorwa ntahabwe imodoka ku munsi w’ibirori nk’uko byari bisanzwe bigenda, buri wese yibazaga icyatumye adahita ayihabwa ndetse hari n’abajyaga kure bagatangira gutekereza ko atakiyihawe.
Nyuma y’uko (…)
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gicurasi 2022, hacicikanye inkuru ivuga ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar yafunguwe Nyuma y’amezi 8 afunzwe.
Bamwe mu banyamakuru barimo Imfurayacu Jean Luc, Sam Karenzi, David Bayingana n’abandi bahaye Ikaze Jado Castar wari umaze amezi 8 afunze azira icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano zatumye u Rwanda rusezererwa mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika muri (Volleyball) mu bagore cyabereye mu Rwanda umwaka ushyize.
Bagirishya AKA Jado (…)
Umuyobozi w’Ikigo Rwanda Inspiration Back Up gitwgura amarushanwa y’ubwiza ku Banyarwandakazi, Ishimwe Dieudonné wamamaye ku izina rya Prince Kid yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30 mu gihe ubushinjacyaha burimo gukusanya ibimenyetso ku byaha akurikiranyweho.
Ari gukurikiranwaho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko yakoreye bamwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye. (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























