Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)
By Imfurayabo Pierre
Nyuma y’iminsi atumvikana dore ko atari aherutse gusohora indirimbo, umuhanzi Nsengiyumva Francois wamenyekanye nka Igisupusupu yateguje abantu ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Isubireho’.
Mu gace gato k’iyi ndirimbo kagiye hanze, byumvikana ko aba aririmba umukobwa witwa Mukamana amusaba kwisubiraho bitewe n’ibikorwa bye. Agira ati“Mukamana yaramanutse, Mukamana yaragiye amakorosi aramugonga, yiboneye ifaranga yebaba imbabura, ti ‘Mukamana yaramanutse, (…)
By Imfurayabo Pierre
Myugariro ukina ku ruhande rw’iburyo muri Kiyovu Sport, Serumogo Ally, byavugwaga ko yifuzwa n’amakipe atandukanye arimo na Rayon Sports, yamaze gusinya amasezerano mashya y’imyaka ibiri azakinira Urucaca.
Mu minsi mike ishize humvikanye amakuru ko uyu myugariro ashobora guhindura ikipe, Rayon Sports na Police FC niyo makipe yari ku isonga mu kwifuza uyu kapiteni wa Kiyovu Sport.
Ubuyobozi bw’iyi kipe bwaritaye mu gutwi, buhita bwihutira kugirana ibiganiro bya hafi (…)
By Imfurayabo Pierre
Erling Braut Haaland niwe wafunguye amazamu ku ikipe ye ya Borussia Dortmund yatsinze mukeba wayo Schalke 04 mumukino wazihuzaga, uyu ni umwe mu mikino yabaye hasubukurwa Bundesliga yo mu Budage muri iki gihe cy’icyorezo coronavirus.
Umurindi w’abafana benshi umenyerewe kuri uyu mukino kuri stade izwi cyane Signal Iduna Park, uyu munsi ntawari uhari kuko uyu mukino – kimwe n’indi yabaye – wakinwe nta bafana bari kubibuga.
Gusa, abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Wema Sepetu, umukobwa w’umunyaburanga mu gihugu cya Tanzania yakubiswe bikomeye n’abagizi ba nabi arakomereka bamuziza ko yatwaye umugabo utari uwe akamwigarurira Bikamuviramo kugambanirwa.
Nyampinga wa Tanzania wo muri 2006, Wema Sepetu nyuma yo gutwara umugabo w’abandi mu ibanga, yaratewe mu rugo rwe ariko nyuma haza kuvugwa amakuru ko yakubiswe agakomereka bityo akarembera mu bitaro bya Muhimbili.
Ibi byo gukubitwa no kuremba si ko byagenze kuko (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Gen. Mubaraka Muganga akaba visi perezida w’ikipe ya APR FC, yabwiye abafana b’iyi kipe ko badakwiye kugira impungenge z’uko hari umukinnyi wa yo waraye ushatse gusinyishwa na Rayon Sports kuko agifite amasezerano kimwe na bagenzi be.
Ku munsi wo ku wakabiri ni bwo ikipe ya Rayon Sports yagerageje gusinyishisha rutahizamu wa APR FC, Byiringiro Lague ariko uyu musore arabangira.
Bivugwa ko iyi kipe yagiye yitwaje miliyoni 10 bazitereka imbere y’uyu (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Kuva mu ijoro ryacyeye inkuta nyinshi z’imbunga nkoranyambaga zifite ifoto y’umugore uryamye ku gitanda cyo kwa muganga yambaye imyenda y’ibara ry’ubururu yiyegamije uruhinja mu gituza.
Ni ifoto y’icyamamare mu muziki wa Africa y’Iburasirazuba na Africa yose muri rusange, Juliana Kanyomozi, wanahise avuga ko umwana we yiswe Taj. Nta makuru menshi yigeze amenyekana ku gutwita kwa Julliana ari nabyo byateye amatsiko abanyamakuru b’imyidagaduro ba Uganda (…)
By Pierre Romeo Imfurayabo
Marina uhamya ko arambiwe kubaho mu buzima budafite umukunzi yahishuye bimwe mu byo umusore wifuza kumutereta yaba yujuje.
Uyu muhanzikazi yabivuze mu kiganiro yagiranye na kimwe mu binyamakuru bya hano mu Rwanda, ubwo yavugaga ku ndirimbo nshya yitegura gushyira hanze mu minsi iri imbere.
Iyi ndirimbo yayise “Madede”, izaba igaruka ku nkuru y’umuhungu wo mu giturage ufite umukobwa akunda ariko yaratinye kubimubwira kugeza ubwo umukobwa amusabye gutinyuka (…)
‘Label’ ya The Mane yashinzwe na Mupende Ramadhan uzwi ku izina rya Bad Ram, yashyizeho amahirwe adasanzwe ku banyeshuri binjiye mu biruhuko bisoza umwaka wa 2019 n’abanyempano mu muziki yo kubakorera indirimbo ku giciro gito.
‘Label’ ya The Mane ibarizwamo abahanzi batanu, Safi Madiba, Queen Cha, Marina Deborah, Jay Polly na Calvin Mbanda. Mu bihe bitandukanye iyi nzu ireberera inyungu z’abahanzi yateguye ibitaramo bikomeye inakorerwamo indirimbo z’abahanzi batandukanye.
Mu kiganiro (…)
Urukundo rwa Teta Sandra na Weasel wo muri Good Lyfe rugeze aharyoshye! Ubu noneho uyu muhanzi yanditse amagambo aryohereye agaragaza ko yamwihebeye.
Teta Sandra n’uyu musore basigaye bakundana byeruye ndetse ntibatana mu tubari mu Mujyi wa Kampala aho uyu mukobwa asigaye ategura ibirori, bagasohokana bafatanye agatoki ku kandi.
Ku mbuga nkoranyambaga imitoma iba ica ibintu, amafoto barebana akana ko mu jisho, ayo basomana umunwa ku wundi nayo ntajya abura mu yo basangiza ababahozaho (…)
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa gatatu, Irené Mulindahabi wari watawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho icyaha cyo gutangaza amagambo y’urukuzasoni akoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga yarekuwe.
Umuvugizi wa RIB, Mbabaza Modeste yabwiye itangazamakuru ko dosiye ya Mulindahabi yagejejwe mu Bushinjacyaha.
Mu kiganiro Umushinjacyaha Mukuru yagiranye n’Umuseke tunakesha iyi nkuru yatangaje ko Ubushinjacyaha bufite uburenganzira bwo gukurikirana umuntu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























