Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)
Semivumbi Daniel wamamaye cyane ku izina rya Danny Vumbi, ni umwanditsi w’indirimbo mwiza u Rwanda rufite dore ko yandikira abatari bake mu bahanzi ba hano mu Rwanda ndetse indirimbo zabo zigakundwa bikomeye. Kuri ubu afite indirimbo nshya yise “Abana babi” ndetse magingo aya amashusho yayo yamaze kujya hanze.
Muri iyi ndirimbo Danny Vumbi aba ahamya ko inshuti ze ari “abana babi” cyane ko hari ibyo abashinja kuba bakwiye kuba baramubwiye mu buzima ntibabimubwire akagenda abibona bitewe (…)
Mu mugoroba wo ku wa Kane nibwo R Kelly yatawe muri yombi n’inzego z’iperereza afungirwa mu Mujyi wa Chicago akurikiranyweho ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa batarageza ku myaka y’ubukure.
Ku wa gatanu yagaragaye imbere y’urukiko ariko umucamanza ntiyafata icyemezo, niba yajya gufungirwa i New York naho bafite ibyo bamukurikiranyeho.
Uyu mugabo w’imyaka 52, ari gukurikiranwa n’ubushinjacyaha bwa leta ya New York na Illinois, bwatangaje kuri uyu wa gatanu ibyaha byose (…)
Giannis akiri ingimbi we na mukuru we bakiniraga ikipe ya Filathiltikos i Athens, yajyaga mu kibuga ari uko mukuru we avuyemo akamutiza inkweto kuko ari zo bari bafite gusa. Ubu byarahindutse abana benshi aho yakiniraga barambara inkweto zanditseho izina rye.
Aha i Athens, yagendaga ku mihanda acuruza utuntu tunyuranye nk’amashakoshi n’amataratara y’izuba, ariko ubu ibyapa binini cyane muri uyu mujyi biba biriho isura ye.
Kugeza ku myaka 18, Giannis Antetokounmpo yari atarava mu (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ikipe y’igihugu y’u Burundi yatsinzwe 1 - 0 na Madagascar mu mukino wayo washoboraga kuyiha amahirwe yo gukomeza mu mikino ya 1/8 y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu.
Madagascar nayo yari ikeneye cyane gutsinda uyu mukino ngo yongere amahirwe yo gukomeza.
Yabigezeho kuko yahise igira amanota ane muri iri tsinda B, iba iya kabiri inyuma ya Nigeria. Intamba z’u Burundi na Barea ya Madagascar zombi ni ubwa mbere zigeze mu gikombe cya Afurika, Intamba nizo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Alain Mukuralinda uhagarariye inyungu z’umuhanzikazi Clarisse Karasira, yanyomoje umusaza witwa Ntashamaje Claver uri gushinja uyu mukobwa kumukoresha mu mashusho y’indirimbo ye “Ntizagushuke”, atabamusabye uburenganzira.
Indirimbo Ntizagushuke ya Clarisse yasohotse mu mpera z’umwaka ushize. Irimo impanuro umubyeyi aha umwana we amubwira ko adakwiye kuzahindurwa n’iby’Isi akitwara nabi.
Amashusho yayo amwe yafatiwe ku Giticyinyoni mu Mujyi wa Kigali mu rugo (…)
By Pierre Romeo Imfurayabo
Mu ijoro ryo kuwa 25 z’ukwezi nk’uku mu 2009 icyamamare Michael Jackson yararembye bikomeye yihutanwa ku bitaro. Umunyamakuru w’imyidagaduro Ian Youngs wa BBC yarabikurikiranye.
Michael Jackson, ni izina rikomeye mu mateka ya muzika ku isi, abantu benshi ntibahise bizera ukuri kw’aya makuru.
Ian Youngs yibutsa ko hari hashize igihe bivugwa ko uyu mwami w’injyana ya Pop arwaye kanseri y’uruhu, nubwo nyuma uruhande rwe rwabihakanye. Muri iryo joro abanyamakuru (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Karamuka Jean Luc uzwi nka Junior Multisystem wamenyekanye mu mwuga wo gukora mu buryo bw’amajwi indirimbo nyinshi z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda nyuma y’impanuka yaje kumuviramo gucibwa ukuboko ubu arashima […] Karamuka Jean Luc uzwi nka Junior Multisystem wamenyekanye mu mwuga wo gukora mu buryo bw’amajwi indirimbo nyinshi z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda nyuma y’impanuka yaje kumuviramo gucibwa ukuboko ubu arashima Imana ikomeje kumurinda.
Mu ijoro ryo (…)
GAHIMA GABRIEL WASHAKANYE NA ALINE GAHONGAYIRE YAHISHUYE IBARUWA IKOMEYE YANDITSE BAMAZE GUTANDUKANA
By Imfurayabo Pierre Romeo Gahima Gabriel washakanye na Aline Gahongayire bakananiranwa yahishuye ibaruwa ikubiyemo ingingo zikomeye yandikiye abasore bitegura kurushinga abaha umuburo ku bagore bakwiye kwitondera mu guhitamo kwabo.
Urukundo rwa Gahongayire na Gahima Gabriel rwasenyutse tariki ya 13 Mutarama 2015 nyuma y’umwaka umwe wari ushize barushinze. Icyo gihe ni umugabo wafashe iya mbere abwira abanyamakuru ko iby’urugo yabivuyemo akomeza ubuzima bwe bwite.
Isenyuka ry’urugo rwa (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abakinnyi ba Rayon Sports bakoze imyitozo ibanziriza iya nyuma ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, bemereye abayobozi n’abafana ko biteguye gutsinda mukeba APR FC bakongera kubaha ibyishimo badaheruka.
Nyuma y’imyitozo abayobozi bakoranye inama n’abakinnyi hagati mu kibuga cy’imyitozo cya Nzove maze buri umwe ku giti cye abahigira agahimbazamusyi agomba kubaha nibaramuka batsinze APR FC kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Amahoro i Remera mu mukino wa Shampiyona.
Ku (…)
By imfurayabo pierre Romeo
SEBANANI André ni umwe mu bahanzi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ariko akaba ari umwe mu bahanzi bakiri mu mitima ya benshi kubera ubuhanga yari afite haba mu kuririmba ndetse no gukina ikinamico.
SEBANANI André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza gukomereza muri Collège Officiel de Kigali : COK (…)
Icyamamare John Legend yageze mu Rwanda
21 February 2025
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























