Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

RMA: Bruce Melody yegukanye igihembo, The Same bataha amaramasa

Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)

DIAMOND PLATNUMZ NTIYISHIMIWE NA MBA KWAMAMAZA IGITARAMO CYE MU RWANDA MU CYUMWERU CY'ICYUNAMO
DIAMOND PLATNUMZ NTIYISHIMIWE NA MBA KWAMAMAZA IGITARAMO CYE MU RWANDA MU CYUMWERU CY’ICYUNAMO

By Imfurayabo Pierre Romeo Umuhanzi Diamond Platnumz ntiyishimiwe na mba ku bw’igitaramo ategerejwemo mu mezi ari imbere mu Rwanda, aho yatangaje ko ahanze amaso ukuza kwe mu Rwanda, abwirwa ko yagakwiye kuba atanga ubutumwa bw’ihumure aho gushyira imbere kumenyekanisha gahunda ze mu cyumweru cy’icyunamo.
U Rwanda kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Mata 2019 rwinjiye mu cyumweru cy’icyunamo. Ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi birakomeza mu gihe cy’iminsi ijana, hibukwa abasaga (…)

424 Shares 4 Comments
UMU RAPPER Nipsey Hussle YARASIWE MU MUJYI WA LOS ANGELES UBWO YARASOHOTSE MU IDUKA RYE
UMU RAPPER Nipsey Hussle YARASIWE MU MUJYI WA LOS ANGELES UBWO YARASOHOTSE MU IDUKA RYE

By Imfurayabo Pierre Romeo Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika habyutse hakwirakwira inkuru ivuga ku rupfu rw’umuhanzi uririmba injyana ya Rap Nipsey Hussle warasiwe imbere y’iduka rye ricuruza imyenda Marathon Clothing ubwo yarasohotse.
Inkuru dukesha omaha.com ivuga ko raporo ya police yo mu mujyi wa Los Angeles, yatangaje ko ku munsi wejo ku cyumweru mu masaha y’isakenda z’mugoroba Nipsey yarashwe urufaya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DIAMOND KWIHANGANA BYAMUNANIYE ASUBIZA IKIZUNGEREZI LYNN KIRI KUVUGAKO BARYAMANYE KANDI AKUNDANA NA TANASHA
DIAMOND KWIHANGANA BYAMUNANIYE ASUBIZA IKIZUNGEREZI LYNN KIRI KUVUGAKO BARYAMANYE KANDI AKUNDANA NA TANASHA

By imfurayabo Pierre Diamond Platnuzm ni umwe mu bahanzi bubashywe muri Afurika y’Iburasirazuba by’umwihariko igihugu cya Tanzania akoreramo Muzika ye, uyu muhanzi uko yamamara muri muzika usanga ariko avugwaho ubushurashuzi cyane aho amakuru menshi amushinja gukunda abakobwa batagira ingano aho bamwe bageraho bakamuvaho kubera kunanirwa kwihanganira imico ye.
Diamond uza mu basore ba kundanye n’abakobwa benshi, ubu aravugwaho gukora ubukwe n’umunyamakuru ukomeye muri Kenya, Tanasha Okech (…)

424 Shares 4 Comments
CARDI-B YAVUZE IMVANO Y' IBYO YAGIYE AKORERA ABAGABO BAMUSABAGA IMIBONANO MPUZABITSINA
CARDI-B YAVUZE IMVANO Y’ IBYO YAGIYE AKORERA ABAGABO BAMUSABAGA IMIBONANO MPUZABITSINA

By imfurayabo Pierre Umuraperikazi Belcalis Marlenis Almánzar wamamaye nka Cardi B mu muziki yisobanuye nyuma yaho video igaragaye imwerekana avuga ko yagiye aha ibiyobyabwenge abagabo babaga bashaka gukorana imibonano mpuzabitsina na we akabiba.
Avuga ko ibi byabaye igihe yari agikora umurimo wo kumansura ataramamara mu buhanzi. Uyu mukobwa wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanenzwe kuva iyo video yo ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram imaze imyaka itatu yakongera guhererekanywa ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
ARERUYA JOSEPH NI WE MUNYAFURIKA WA MBERE WO MUNSI Y'UBUTAYU BWA SAHARA WITABIRIYE PARIS-ROUBAIX
ARERUYA JOSEPH NI WE MUNYAFURIKA WA MBERE WO MUNSI Y’UBUTAYU BWA SAHARA WITABIRIYE PARIS-ROUBAIX

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Areruya Joseph niwe munyafurika wa mbere ukomoka mu Rwanda wo munsi y’ubutayu bwa Sahara uzitabira irushanwa ry’amagare rya Paris-Roubaix, byitezwe ko rizatangira ku wa 14 Mata 2019.
Iri ni rimwe mu marushanwa akunzwe muri uyu mukino kuko ryatangiye mu mwaka wa 1896. Ni n’irushanwa rigoye cyane bitewe n’imihanda ikoreshwa, ku buryo baryita ‘l’enfer du Nord’, ‘la reine des classiques’ cyangwa ‘la dure des dures’. Areruya w’imyaka 23 amaze kumenyerwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
NYAKWIGENDARA MOZEY RADIO YAHAWE IGIHEMBO
NYAKWIGENDARA MOZEY RADIO YAHAWE IGIHEMBO

Itsinda rya Good Life ryo muri Uganda na Radio warihozemo bashimiwe mu bihembo bya Zzina Awards, Weasel yunamira mugenzi we bakoranye. Zzina Awards ni ibihembo bitangwa na Radiyo yitwa Galaxy FM bigamije gushimira abahanzi bitwaye neza mu byiciro bitandukanye. Ababitegura batanga igikombe kidahatanirwa mu rwego rwo gushimira umuhanzi umaze igihe mu muziki kandi ufite ubigwi.
Iki gihembo cy’umunyabigwi cyahawe itsinda rya Good Life ryari rigizwe na Radio witabye Imana mu mwaka ushize na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MEDDY SALEH WAHOZE ARI UMUGABO WA SHADDYBOO YASUBIJE BIMWE MU BIBAZO BENSHI BIBAZA
MEDDY SALEH WAHOZE ARI UMUGABO WA SHADDYBOO YASUBIJE BIMWE MU BIBAZO BENSHI BIBAZA

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Meddy Saleh ni umwe mu bahanga mu bijyanye no gutunganya amashusho mu Rwanda. Yagiye akorana n’abahanzi benshi bakomeye mu Rwanda ndetse kugeza ubu ni umwe mu ba producer bihagazeho muri uyu mwuga.
Yahoze ari umugabo wa Shaddyboo ndetse banafitanye abana, yasobanuye iby’umubano wabo anasubiza bimwe mu bibazo benshi bamwibazaho.
Amakuru dukesha inyarwanda.com avuga ko Ku munsi wo kucyumweru Meddy Saleh umaze iminsi mu bitaramo bizenguruka bya Buravan (…)

424 Shares 4 Comments
CAN 2019: IKIPE Y'U RWANDA YEREKEJE MURI COTE D'IVOIRE
CAN 2019: IKIPE Y’U RWANDA YEREKEJE MURI COTE D’IVOIRE

Yanditswe na Pierre Romeo Ikipe y’u Rwanda “Amavubi” mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 21 Werurwe 2019 ni bwo yahagurutse mu Rwanda yerekeza Abidjan muri Cote d’Ivoire aho yagiye gukina umukino wa nyuma mu itsinda H mu gushaka itike ya CAN 2019.
Uyu mukino biteganyijwe ko uzabera kuri Sitade Félix Houphouët-Boigny tariki 23 Werurwe 2019 ku isaha ya saa kumi n’imwe muri Cote d’Ivoire (17h00) akazaba ari saa moya mu Rwanda (19h00). Umukino uzayoborwa n’abasifuzi bakomoka muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
R Kelly yasabye urukiko kwemererwa kujya gukorera ibitaramo i Dubai
R Kelly yasabye urukiko kwemererwa kujya gukorera ibitaramo i Dubai

Yanditswe na Pierre Imfurayabo Umuririmbyi mu njyana ya RnB, R Kelly, amaze iminsi mu bihe bitoroshye aho akurikiranweho ibyaba ho gusambanya abana batagejeje imyaka y’ubukure ndetse no guhohotera bishingiye ku gitsina abandi bagore bakuru. Uyu mugabo ukurikiranwe n’inkiko arifuza uruhushya rwo kujya gukorera ibitaramo mu mujyi wa Dubai.
Umuhanzi Robert Sylvester Kelly uzwi cyane nka R Kelly kuri ubu yandikiye urukiko asaba ko yakwemerera kujya I Dubai mu rwego rw’akazi. Bimwe mu byo (…)

424 Shares 4 Comments
YOUNG GRACE YAHISHUYE IGITSINA CY'UMWANA ATWITE N'IZINA AZAMWITA
YOUNG GRACE YAHISHUYE IGITSINA CY’UMWANA ATWITE N’IZINA AZAMWITA

Yanitswe na Imfurayabo pierre Romeo
Nyuma y’amakuru amaze iminsi acicikana kuma radiyo n’imbugankoranyambaga avuga ko umuraperikazi w’Umunyarwandakazi Young Grace atwite, yemeje ko ibivugwa ko ari byo ndetse anaboneraho umwanya wo gutangaza izina rimuri ku mutima ateganya kuzita imfura ye n’igitsina cye.
Uyu muraperi uherutse gutambutsa ubutumwa ashimira Imana kuba yemeye kumuha umwana mbere y’uko akora ubukwe, yatangaje ko kuri we kuba atwite yumva ari ibintu by’agaciro gakomeye akaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru