Friday . 3 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

RMA: Bruce Melody yegukanye igihembo, The Same bataha amaramasa

Mu birori byarimo no gutanga ibihembo mu marushanwa yiswe "Rubavu Music Awards and Talent Detection" yabaye ku nshuro ya kabiri kuwa Gatandatu tariki 13 Kamena 2026, mu Karere ka Rubavu, Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane muri kano karere naho itsinga rya The Same Aberu, ubusanzwe risanzwe rinazwi cyane muri aya marushanwa ndetse no mu Karere ka Rubavu kubera rimaze kuba ubukombe ntiryagira n’igihembo na kimwe ritwara. Muri ibi birori habayeho n’umwanya wo gushimira (…)

Rutahizamu Christianho Ronaldo n'umugore we berekanye izindi impanga bagiye kwibaruka
Rutahizamu Christianho Ronaldo n’umugore we berekanye izindi impanga bagiye kwibaruka

Rutahizamu w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Manchester united, Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umugore Georgina Rodriguez biteguye kwibaruka Impanga.
Ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho ifoto we n’umugore we bari mu buriri, igice cyo hejuru batambaye kandi bamwenyura berekana amafoto yafashwe n’abaganga ya Ecographie agaragaza impanga z’abana mu nda ya Georgina Rodriguez atwitiye Ronaldo.
Rutahizamu yahise yandika amagambo agaragaza akanyamuneza ati “
“Twishimiye (…)

424 Shares 4 Comments
Mu Rwanda hagiye kubakwa Stade Mpuzamahanga
Mu Rwanda hagiye kubakwa Stade Mpuzamahanga

Jean claude Ndayambaje
Perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Olivier yahishuye ko vuba aha mu Rwanda harubakwa Stade mpuzahanga nini binyuze mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika "CAF"
Mu kiganiro “Kick-Off” cyatambutse kuri Televiziyo Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Nizeyimana Olivier, yemeje ko CAFigiye kubaka Stade mu Rwanda.
Yagize ati “Twaganiriye n’abayobozi ba CAF, batwemerera ko bashobora kutwubakira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kylian Mbappe yavuze icyatumye atajya muri Real Madrid
Kylian Mbappe yavuze icyatumye atajya muri Real Madrid

Raoul Nshungu
Umufaransa ukinira ikipe ya Paris St Germain, Kylian Mbappe, yashyize ashyira ukuri hanze kuho yari ahagaze mu byo kuva muri iyi kipe mu isoko ry’igura n’igurishwa rishoje.
Ubwo umwaka w’imikino wa 2020-2021 wageraga ku musozo amakuru yacicikanaga avuga ku guhindura amakipe kw’abakinnyi b’ibihangange, uyu musore nawe yavugwagamo ndetse ko yagombaga kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid yari yaragaraje ko imwifuza cyane.
Mbere y’uko kuri iki cyumweru ikipe ye ikina umukino (…)

424 Shares 4 Comments
Espagne yananiwe gutsinda Suède, Schick yinjiza kimwe mu bitego byiza muri EURO
Espagne yananiwe gutsinda Suède, Schick yinjiza kimwe mu bitego byiza muri EURO

Nubwo yihariye umupira iminota myinshi, Espagne yananiwe gutangira neza muri EURO 2020, inganya ubusa ku busa na Suède mu mukino w’umunsi wa mbere wo mu itsinda E wabereye mu mujyi wa Seville ku wa Mbere.
Ikipe y’umutoza Luis Enrique yihariye umupira kuva ku munota wa mbere ndetse yabonye uburyo bwinshi bugana mu izamu, gusa kubona igitego biranga.
Uburyo bwiza bwabonetse mu minota ya mbere ni umupira Marcus Danielson yananiwe gukuraho ari imbere y’izamu, ufatwa na Alvaro Morata wawuteye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amerika hafunguwe ikirwa cyo mu kirere hejuru y'amazi
Amerika hafunguwe ikirwa cyo mu kirere hejuru y’amazi

Mu gihe bisanzwe bimenyerewe ko ikirwa icyo ari cyo cyose kigomba kuba ari ubutaka buri rwaagati mu nyanjya cyangwa mu kiyaga, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ho sio ko bihora kuko ubu hamaze gufungurwa ikirwa cyo mu kirere abaturage batangiye gutembereramo no kwidagaduriramo.
Ni ikirwa kiswe "Little Island" cyubatswe mu Murwa mukuru wa New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku mugezi wa Hudson, Ikinyamakuru CNN cyo kikavuga ko ibijyanye n’intumbero yacyo kimwe n’akayabo cyatwaye (…)

424 Shares 4 Comments
Champiyona y'umupira w'amaguru nayo yasubukuwe
Champiyona y’umupira w’amaguru nayo yasubukuwe

Minisiteri ya Siporo yakomoreye ibikorwa bya siporo y’umupira w’amaguru, ishyiraho ibyo abanyamuryango bagomba kubahiriza mbere yo gusubukura ibikorwa.
Byatangajwe mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi minisiteri ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, bavuze ko amashyirahamwe y’imikino agomba kubanza kwerekana uburyo abanyamuryango babo bazirinda Covid-19 hanyuma bakabona kubaha uburenganzira bwo gukina amarushanwa.
Muri iri tangazo kandi bavuze ko imyitozo yemerewe gusubukurwa ku bafite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri Munyangaju yavuze amahano yatumye bafunga Shampiyona ya siporo, mu kibuga hakinishijwe abarwaye COVID-19
Minisitiri Munyangaju yavuze amahano yatumye bafunga Shampiyona ya siporo, mu kibuga hakinishijwe abarwaye COVID-19

MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri wa Siporo Munyangaju AUrore Mimosa yavuze ko impinduka zabaye muri siporo zo guhagarika shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru byatewe n’ibyo biboneye mu bugenzuzi bakoze, basanga hari abakinnyi bagiye mu kibuga baranduye COVI-19 ahandi batekenitse raporo ko abakinnyi ari bazima. Minisitiri Munyangaju Aurore ubanza ibumoso, ari kumwe n’abandi baminisitiri mu kiganiro n’itangazamakuru
Yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru, tarikiya 16 Ukuboza 2020, (…)

424 Shares 4 Comments
Chadwick Boseman wamamaye muri Black Panther nk'umwami ‘T'Challa' yitabye Imana
Chadwick Boseman wamamaye muri Black Panther nk’umwami ‘T’Challa’ yitabye Imana

Chadwick Aaron Boseman wamamaye nuri filime ya Black Panther nka T’Challa ari umwami wa Wakanda, yitabye Imana azize kanseri y’amara.
Itangazo ryacishijwe ku rukuta rwa Twitter rwe, ryavugaga ko yari amaze igihe kinini abana n’ubu burwayi. Riti “Indwanyi nyayo, Chadwick yakomeje kwihangana abinyuramo, ndetse anabaha filime mwakunze cyane. Kuva kuri ‘Marshall’ kugera kuri ‘Da 5 Bloods’ n’izindi’.
Rikomeza rivuga ko zose yagiye azikina afite ubu burwayi bwari bumumereye nabi, kuko yabaga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Simba SC ishobora kwegukana Michael Sarpong
Simba SC ishobora kwegukana Michael Sarpong

By Imfurayabo Pierre
Simba SC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona ya Tanzania ni yo ishobora kwegukana rutahizamu w’Umunya-Ghana, Michael Sarpong, uheruka kwirukanwa na Rayon Sports.
Michael Sarpong wari gusoza amasezerano ye mu mpeshyi, yirukanwe na Rayon Sports muri Mata kubera amagambo yavuze ku muyobozi wayo, Munyakazi Sadate, ko “nta bushobozi afite bwo kuyobora ikipe.”
Uyu mukinnyi w’imyaka 24 ukomoka muri Ghana, amaze iminsi yifuzwa n’amakipe yo muri Tanzania arimo Yanga SC (…)

424 Shares 4 Comments
Yvan Buravan Yatangajeko akundana na Shaddyboo
Yvan Buravan Yatangajeko akundana na Shaddyboo

By Imfurayabo Pierre
Ubwo yari mu kiganiro kuri ISIBO TV umuhanzi yvan buravan yavuzeko we na shaddyboo bakundana
Umwe mubakobwa bazwi cyane ku mbugankoranyambaga mu rwanda no kw’isi muri rusange shaddyboo ubwe yavuzeko mubahanzi akunda harimo na yvan buravan.
nyuma yuko uyu mukobwa atangajeko akunda yvan buravan, nyirubwite nawe YVAN BURAVAN yaje kubyemeza ubwo yari mukiganiro kuri televiziyo.
Abajijwe n’umunyamakuru Philpeter
umuhanzi Yvan Buravan yagize ati “shaddyboo ndamukunda, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru