Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Kenya:Raila Odinga Avuga Ko Atazongera Kwiyamamaza Muri 2020, atangaza uwo azashyigikira mu matora

Monday 18 June 2018
    Yasomwe na

Umunyepolitiki muri Kenya Raila Odinga yatangaje ko atazongera guhatanira umwanya wa perezida wa kiriya gihugu guhera mu matora ateganyijwe muri 2022 ahubwo ko agiye gushyigikira perezida Kenyatta akazamufasha gushaka amajwi aho guhangana.

Ibi yabitangaje asa n’uwibasira William Ruto aho yavuze ko nta gihugu kigira abaperezida 2 bityo ko bagomba gushyigikira uriho bityo ko hagomba kwiyamamaza abarenze umwe mu gihe uwari usanzwe ayobora atiyamamaje .

Agira ati “ntabwo twagira abaperezida e icyarimwe, tugomba kugira umuperezida umwe muri buri tora, niyo mpamvu nsaba nkwiye gushyigikira perezida uriho Uhuru Kenyatta.

Raila Odinga atangaje ibi nyuma y’uko mu minsi ishize yiyunze na perezida Kenyatta bahuriye mu masengesho bagahoberana imbere y’imbaga ndetse bagasabana imbabazi ku byabaye.

Aba banyepolitiki bahuriye mu bikorwa by’amatora mu bihe byashize, ubwo Kenyatta namutsindaga ariko akanga kwemera ibyavuye mu matora ndetse bikanakurura umwuka mubi hagati yahoo.

Igihugu cya Kenya cyaranzwe n’imvururu zakurikiye amatora bitewe no kutavuga rumwe kw’aba bagabo bapfa umwanya wa perezida ariko nyuma baza kwihuza bariyunga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru