Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Kevin de Bruyne yakomoje ku kuba, Mourinho ariwe watumye ava muri Chelsea

Thursday 16 August 2018
    Yasomwe na

Uyu musore uri mu bafashije Ububiligi kwitwara neza mu gikombe cy’isi yavuze ko ubwo yari mu ikipe ya Chelsea,Mourinho yamufashe nabi bituma ahitamo gusohoka yigira mu ikipe ya Werder Bremen yitwayemo neza abengukwa na Wolfsburg.

Kevin de Bruyne ntiyafashwe neza na Mourinho

Yagize ati “Nari mfite imyaka 20 ubwo nahitagamo gukinira Chelsea.Nahawe umwanya wo gukina bigitangira ndavuga nti ibintu bimeze neza gusa ibintu byaje guhinduka,sinashobora kwihanganira umutoza, byatumye mpitamo kwigendera mu kwa Mbere.”

Muri 2013,Jose Mourinho yabwiye abanyamakuru ko atakunze imikinire ya Kevin de Bruyne akaba ariyo mpamvu atamukoresheje aho yamushinje ubunebwe mu myitozo.

Jose Mourinho akunze kutumvikana n’abakinnyi bakomeye kuko uretse De Bruyne,yarekuye Mohamed Salah none kuri ubu arashaka gutandukana na Anthony Martial na Paul Pogba atoza muri Manchester United.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru