Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Kevin de Bruyne yakomoje ku kuba, Mourinho ariwe watumye ava muri Chelsea

Thursday 16 August 2018
    Yasomwe na

Uyu musore uri mu bafashije Ububiligi kwitwara neza mu gikombe cy’isi yavuze ko ubwo yari mu ikipe ya Chelsea,Mourinho yamufashe nabi bituma ahitamo gusohoka yigira mu ikipe ya Werder Bremen yitwayemo neza abengukwa na Wolfsburg.

Kevin de Bruyne ntiyafashwe neza na Mourinho

Yagize ati “Nari mfite imyaka 20 ubwo nahitagamo gukinira Chelsea.Nahawe umwanya wo gukina bigitangira ndavuga nti ibintu bimeze neza gusa ibintu byaje guhinduka,sinashobora kwihanganira umutoza, byatumye mpitamo kwigendera mu kwa Mbere.”

Muri 2013,Jose Mourinho yabwiye abanyamakuru ko atakunze imikinire ya Kevin de Bruyne akaba ariyo mpamvu atamukoresheje aho yamushinje ubunebwe mu myitozo.

Jose Mourinho akunze kutumvikana n’abakinnyi bakomeye kuko uretse De Bruyne,yarekuye Mohamed Salah none kuri ubu arashaka gutandukana na Anthony Martial na Paul Pogba atoza muri Manchester United.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru