Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Korea y’Epfo: Umuyobozi mukuru wa Samsung yababariwe ibyaha ngo ajye kuzahura ubukungu bw’igihugu

Friday 12 August 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Umuyobozi mukuru uhagarariye sosiyeti ikomeye ya Samsung, muri Korea y’Epfo, yahawe imbabazi na Perezida ku byaha yashinjwaga ndetse bikanamuhama bifitanye isano na ruswa, kugira ngo aze afashe igihugu kuzahura ubukungu buri gusubira hasi.

Ibinyamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu bivuga ko izi mbabazi zishingiye ku muco gakondo wo muri Korea y’Epfo.

Minisitiri w’Ubutabera wa Korea y’Epfo, Han Dong-hoon, yatangaje ko uyu muherwe Lee Jae-yong, yari warahamijwe ibyaha byo gutanga ruswa no kunyereza umutungo muri Mutarama uyu mwaka.

Ariko bavuze ko azasubizwa mu nshingano hagamijwe ko afasha mu gushaka ibisubizo by’ubukungu bukomeje kutazamuka ku kigero gikwiye muri Korea y’Epfo.

Abakurikirana hafi ubukungu bwa Korea y’Epfo bavuga ko sosiyete ya Samsung ari ukuboko kw’iburyo ku bukungu bwa kiriya gihugu.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru