Saturday . 4 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
  • 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more

Mushikiwabo yahamagariye abikorera bo mu bihugu bya OIF kubyaza umusaruro amahirwe ari mu Rwanda

Thursday 14 July 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na Mutungirehe Samuel

Link wakuraho ikiganiro cyose:
https://www.youtube.com/watch?v=JZC9cW72FFc&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yasabye abikorera mu biri uriya muryango kuyoboka isoko ry’u Rwanda bakarishoramo imari kuko hakiri byinshi byo kubyaza umusaruro.

Mushikiwabo yabitangarije mu kiganiro ku bucuruzi, ishoramari n’ubukungu cyabereye i Kigali gihuje abashoramari na ba rwiyemezamirimo basaga 100 bo mu bihugu bigize Francophonie, mu Mushinga wiswe “Mission économique et commerciale de la Francophonie.”

Ni ikiganiro cyitabiriwe n’abashoramari baturutse hanze na bagenzi babo bagera kuri 200 basanzwe ari abacuruzi mu Rwanda.

Louise Mushikiwabo yavuze ko muri iki gihe uyu muryango ushyize imbere iterambere ry’ubucuruzi n’ubuhahirane mu bihugu binyamuryango kuko amahirwe ari menshi dore ko isoko ry’abatuye uyu muryango gusa basaga miliyoni 320 kandi bakaba bakomeje kwiyongera.

Wakurikirana ikiganiro cyose unyuze kuri iyi link: https://www.youtube.com/watch?v=JZC9cW72FFc&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru