Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Nyaruguru: Antoine Bisizi wari Visi Meya ushinzwe ubukungu nawe yeegujwe, ni akahe karere gakurikiyeho mu kweguza abayobozi

Thursday 31 May 2018
    Yasomwe na

Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru yeguje Umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu muri ako karere, Bisizi Antoine, nyuma yo gukora isuzuma igasanga adatanga umusaruro wifuzwa.

Uyu muyobozi yegujwe ku mirimo ye ku wa 31 Gicurasi 2018 akurikiranye nk’uko Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru, Mungwakuzwe Yves, yabitangaje.

Yagize ati “Twateranye dusanga imikorereye ya Antoine Bisizi, itameze neza adatanga umusaruro mu iterambere ry’ubukungu. Ntabwo navuga ko ari amakosa ariko ntabwo imikorere ye iteza imbere ubukungu bw’akarere nk’uko byifuzwa.”

Bisizi Antoine yatorewe kuba Umuyobozi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu mu Karere ka Nyaruguru muri Gashyantare 2016.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru