Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Nyuma yo kwamburwa ikibuga cy’indege cya Pinga hari Ingabo za FARDC zigumuye

Monday 28 October 2024
    Yasomwe na

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere yasize M23 ifashe ikibuga cy’indege cya Pinga muri teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, nyuma ya saa sita.

Nyuma yo gufata iki kibuga, byitezwe ko M23 ikomerezaho ahitwa Mobi, ndetse no ku kibuga cy’indege gito kiri ahitwa Kilundu, ndetse no kugera muri Walikare Zone.

Muri iyi mirwano kandi hagaragaye nko kugumuka ku ruhande rw’ingabo ziri kuri FARDC, aho zimwe zanze kurwano ngo zirengere iki kibuga cy’indege cya Pinga ngo kidafatwa ndetse Major umwe witwa Lokunga bivugwa ko yishyikirije inyeshyamba za M23 hamwe n’abasirikare bari kumwe bagera kuri 24.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru