Saturday . 18 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

PEREZIDA MUSEVENI YATOWE NK’UMWE MU BAPEREZIDA BEZA KU ISI

Monday 25 February 2019
    Yasomwe na

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yashyizwe ku mwanya wa 12 mu baperezida bo ku Isi bazamuye ubukungu bw’ibihugu bayoboye.

Uru ni urutonde rwashyizwe ahagaragara na Kaminuza ya New York ndetse na Banki y’Isi.

Raporo yashyizwe hanze muri Gicurasi 2019 igaragaza ko Perezida Museveni ari umwe mu bakuru b’ibihugu bazamuye ubukungu bwa Uganda ku buryo bufatika.

Umujyanama wa Perezida Museveni mu by’ubukungu, Stephen Miyingo yavuze ko Perezida Museveni abikwiriye.

Ati “ Ubuyobozi busaba gufata iya mbere kandi Museveni ibi arabyujuje. Byasabye ibyemezo bitoroshye na politiki zizweho neza kugira ngo hazahurwe ubukungu bwacu kuva aho bwari buri. Ntabwo bitunguranye uburyo Museveni yashyize ubukungu bw’iki gihugu ku murongo.”
Imibare igaragaza ko Perezida Museveni yazamuye ubukungu bwa Uganda ku kigero cya 2.42% buvuye kuri 0.7% kuva mu 1986.

Iyi raporo kandi ivuga ko Perezida Museveni na mugenzi we wa Botswana, Seretse Khama bazamuye ubukungu bw’ibihugu bayobye kurusha na bagenzi babo bo muri Aziya y’Iburasirazuba.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru