Perezida Kagame nawe yatangiye uruzinduko rw’umunsi umwe muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Ku mupaka yakiriwe na mugenzi we Félix Tshisekedi nk’uko nawe yari yamwakiriye ku mupaka wa La Corniche i Rubavu aho basuye ingaruka zatewe n’imitingito yakurikiye iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo.




















