Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Perezida Kagame na Madam bashyize indabo ku kimenyetso cy’Intwari

Wednesday 1 February 2023
    Yasomwe na

Yanditswe na Mutungirehe Samuel

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku kimenyetso cy’Ubutwari bunamira Intwari nk’icyimenyetso cyo kuziha icyubahiro kubwo kwitangira u Rwanda.

Ni umuhango wabereye ku Gicumbi cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali, mu kwizihiza Umunsi w’Intwari ku nshuro ya 29.

Umuhango wo kwizihiza Intwari wabereye mu gihugu hose ku rwego rw’umudugudu, aho abaturage baganirijwe ku butwari bwaranze Abanyarwanda n’intwari zitangiye igihugu mu bihe bitandukanye zimwe zikahasiga ubuzima.

Intwari zibukwa ziri mu byicuro bitatu ari byo Imena, Ingenzi n’Imanzi ari nazo zo mu cyiciro cy’Ikirenga zirimo Maj. Gen Fred Gisa n’Umusirikare utazwi. Kugeza ubu nta ntwari ziraboneka mu cyiciro cy’Ingenzi mu gihe hakiriho bamwe mu ntwari z’Imena ari zo Abana b’i Nyange.

Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: "Ubutwari mu Banyarwanda Agaciro Kacu".

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru