Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Perezida Kagame na Madam bashyize indabo ku kimenyetso cy’Intwari

Wednesday 1 February 2023
    Yasomwe na

Yanditswe na Mutungirehe Samuel

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku kimenyetso cy’Ubutwari bunamira Intwari nk’icyimenyetso cyo kuziha icyubahiro kubwo kwitangira u Rwanda.

Ni umuhango wabereye ku Gicumbi cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali, mu kwizihiza Umunsi w’Intwari ku nshuro ya 29.

Umuhango wo kwizihiza Intwari wabereye mu gihugu hose ku rwego rw’umudugudu, aho abaturage baganirijwe ku butwari bwaranze Abanyarwanda n’intwari zitangiye igihugu mu bihe bitandukanye zimwe zikahasiga ubuzima.

Intwari zibukwa ziri mu byicuro bitatu ari byo Imena, Ingenzi n’Imanzi ari nazo zo mu cyiciro cy’Ikirenga zirimo Maj. Gen Fred Gisa n’Umusirikare utazwi. Kugeza ubu nta ntwari ziraboneka mu cyiciro cy’Ingenzi mu gihe hakiriho bamwe mu ntwari z’Imena ari zo Abana b’i Nyange.

Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: "Ubutwari mu Banyarwanda Agaciro Kacu".

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru