Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Perezida Kagame yakiriye Desalegn wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia

Thursday 12 August 2021
    Yasomwe na

Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ubu akaba ayobora Ikigo cy’Afurika gicuruza ibikoresho by’ikoranabuhanga.

Ni ikigo gikomeye kitwa Africa Electronic Trade Group (The A-eTrade Group). Kirimo gukora urubuga rw’isoko rwitwa Sokokuu, mu gufasha kuzamura akamaro k’isoko rusange rya Afurika ku bigo biro n’ibiciriritse mu kwisanga ku isoko ryo hagati no hanze y’Afurika mu bucuruzi. U Rwanda ruzaba rufite ikicaro gikuru cyarwo mu gufasha gukorana n’utundi turere tw’Afurika.

Desalegn yari kumwe na Mulualem Syoum nawe ufite inshingano muri kiriya kigo.

Desalegn yagiye mu Biro bya Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri w’ikoranabuhanga Madamu Ingabire Musoni Paola.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru