Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Perezida Kim Wa Koreya Ya Ruguru Yagiriye Uruzinduko Hanze Y’igihugu Ku Nshuro Ye Ya Mbere

Sunday 29 April 2018
    Yasomwe na

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yagiriye uruzinduko muri Koreya y’Epfo, abe akoze amateka atarigeze abaho kuva mu 1953, yo kuba ari we mu Perezida wa Koreya ya Ruguru uba akandagije ikirenge mu iy’Epfo.

Nk’uko BBC ibitangaza, ngo Korea y’Epfo ivuga ko prezida wayo, Moon Jae-in abonana na perezida Kim ahagana saa 09:30 (00:30GMT) zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018.

Ibi biganiro by’akataraboneka ngo ahanini biribanda ku byo Koreya ya Ruguru iherutse gutangaza ko yafashe umwanzuro wo guhagarika igeregeza ry’ibisasu bya kirimbuzi.

Abasesenguzi mu bya politiki bakavuga ko uku kubonana bishobora kuzana umwuka mwiza hagati y’ibihugu byombi byari bimaze imyaka isaga 60 birebana ay’ingwe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru