Saturday . 18 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Perezida Macron yakubiswe urushyi n’umuturage mu ruzinduko rwe

Tuesday 8 June 2021
    Yasomwe na

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ku itama rurumira ubwa wa mugani w’Abanyarwarwanda, n’umugabo ubwo yarimo gusuhuza abaturage mu Majyepfo y’Ubufaransa.

Amashusho y’urwo rushyi yasakaye kuri uyu wa Kabiri, binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter rw’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa AFP, agaragaza ubwo Perezida Macron yegeraga abaturage agira ngo abakore mu ntoki, umugabo umwe mu bari imbere ku ruzitiro rwatandukanyaga Perezida n’abatueage yashushe n’ujya kumwo ngorera ijambo, Perezida nawe amufata ku kaboko nk’uwamwiahimiye hanyuma uwo mugabo ahita amukubita urushyi.

Ako kanya abari bamurinze (Gendarmerie PSIG) bahise batabara, bakiza Perezida hanyuma uwo mugabo atabwa muri yombi.

Perezida Macron yari yambaye ishati y’umweru n’ipantalo y’umukara, karavate y’umukara n’agapfukamunwa k’umukara.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru