Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Abagore batwite n’abonsa ntibemerewe urukingo rwa COVID-19

Tuesday 9 March 2021
    Yasomwe na

Ikigo k’Ikiguhu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko ababyeyi batwite n’abonsa batari mu bagomba guhabwa urukingo rwa coronavirusi mu buryo bwihutirwa.

Umuyobozi Mukuru wa RBC, Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko kugeza ubu nta bushakashatsi bwigeze bukorwa kuri ibyo byiciro ngo hamenyekane niba nta ngaruka urukingo rwatera uruhawe atwitse, yonsa kimwe no ku mwana ubwe.

Mu minsi mike isi isigaye itangiye gukingira abaturage, ibihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda byahereye ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura coronavirusi kurusha abandi barimo abakora kwa muganga, abakora muri gahunda zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo n’abakuze kimwe n’abafite indwara zikomeye zigabanya ubudahangarwa rw’umubiri.

Ababyeyi barimo abatwite n’abonsa bisanga muri iyo mirimo, barimo n’abarimu, ntibabura gusaba ko nabo bakingirwa kuko bafite ubwoba bwo kwandura byoroshye bitewe no guhura n’abantu benshi mu kazi ka buri munsi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru