Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abagore batwite n’abonsa ntibemerewe urukingo rwa COVID-19

Tuesday 9 March 2021
    Yasomwe na

Ikigo k’Ikiguhu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko ababyeyi batwite n’abonsa batari mu bagomba guhabwa urukingo rwa coronavirusi mu buryo bwihutirwa.

Umuyobozi Mukuru wa RBC, Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko kugeza ubu nta bushakashatsi bwigeze bukorwa kuri ibyo byiciro ngo hamenyekane niba nta ngaruka urukingo rwatera uruhawe atwitse, yonsa kimwe no ku mwana ubwe.

Mu minsi mike isi isigaye itangiye gukingira abaturage, ibihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda byahereye ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura coronavirusi kurusha abandi barimo abakora kwa muganga, abakora muri gahunda zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo n’abakuze kimwe n’abafite indwara zikomeye zigabanya ubudahangarwa rw’umubiri.

Ababyeyi barimo abatwite n’abonsa bisanga muri iyo mirimo, barimo n’abarimu, ntibabura gusaba ko nabo bakingirwa kuko bafite ubwoba bwo kwandura byoroshye bitewe no guhura n’abantu benshi mu kazi ka buri munsi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru