Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Somaliya:Al-Shabab yicishije umugore amabuye

Saturday 12 May 2018
    Yasomwe na

Al-Shabab yicishije umugore amabuye imuziza ko yashakanye n’abagabo 11 kandi nta numwe bigeze bahana gatanya.

Umutwe w’Inyeshamba ugendera ku mahame ya Kisilamu, Al-Shabab wicishije umugore amabuye imushinja gushakana n’abagabo 11 kandi amahame yabo atabyemera.

Inkuru dukesha Daily Nation ivuga ko Shukri Abdullahi Warsame yahamwe n’icyaha cyo gushaka abagabo 11 kandi atabanje guhana, gatanya n’umugabo we wa mbere.

Uyu mugore yashyinguwe igice cyo hasi hasigara umutwe, abarwanyi ba Al-Shabab bamusimburanaho bamutera amabuye kugeza ashizemo umwuka mu Mujyi wa Sablale mu gace ka Shabelle.

Si ubwa mbere uyu mutwe wicishije umugore amabuye kuko no mu 2014, bishe undi mugore bamuziza ko yashakanye n’abagabo bane bo mu gace ka Barawe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru